Ubukungu

U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege zigana muri Africa y’Amajyepfo

Ubwoko bushya bwa Covid-19 yihinduranyije yitwa Omicron bwatumye Inama y’Abaminisitiri ifata icyemezo

Ikigo gishya CGU kije ku isoko ryo mu Rwanda gutanga akazi, wakorera $15 ku munsi!

CGU bivuze (Crypto Gaming United), gifite intego yo guteza imbere ibice bigikennye

Rwamagana: Miliyoni 62Frw y’Ikigega Nzahurabukungu yafashije abikorera, bayabona gute? 

Amafaranga y’u Rwanda agera Miliyoni 62 (62, 000, 000Frw) yafashije abakora ubucuruzi

Dr Sezibera yanenze serivise ya MTN Rwanda “ngo ntijyanye n’u Rwanda dushaka”

Sosiyete ya MTN Rwanda yokejwe igitutu nyuma ya servise itanoze ku bakiliya

Musanze: Abashimutaga inyamaswa muri Pariki y’Ibirunga bashima inyungu zo kuyirinda

Bamwe mu baturage bo mu mu Murenge wa Nyange mu Karere ka

Rusizi: Abahinga hafi y’imigezi ya Ruhwa na Rusizi bajujubijwe n’imvubu zibonera

Abahinga hafi y’umugezi wa Ruhwa na Rusizi yo mu Murenge wa Bugarama

Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda ko no mu bihe bikomeye bakomeje gasora neza

Mu ijambo Perezida Paul Kagame yagejeje ku bitabiriye umunsi w'Umusoreshwa mu Rwanda

Amajyepfo: Umusaruro w’imyumbati warazamutse, abahinzi babura isoko

Abahinzi b'igihingwa cy'imyumbati mu Karere ka Kamonyi, Muhanga, na Ruhango babwiye UMUSEKE

Kigali: Abamotari barinubira Camera zo ku mihanda zibacisha amafaranga atari ngombwa

Bamwe mu bakora akazi ko gutwara abantu kuri moto mu Mujyi wa

RRA yatanze miliyoni 25Frw ku bacuruzi 5 b’i Rubavu bangirijwe n’imitingito

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasuye abacuruzi

U Rwanda rwasinyiye inguzanyo ya miliyoni 52$ azafasha gukemura ikibazo cy’amazi i Kigali

U Rwanda na Hongiriya byashyize umukono ku masezerano y’inguzanyo yoroheje ya miliyoni

Bahuguriwe korora inkoko, ariko bategereje inkunga bemerewe na RAB ifatanyije na Enabel

Rwamagana: Aborozi b’inkoko bo mu Murenge wa Nyakaliro mu Karere ka Rwamagana

Intara y’Iburasirazuba yinjije miliyari 35.74 Frw y’imisoro mu isanduku ya Leta

Ku rwego rw’Intara y’Iburasirazuba hizihijwe umunsi mukuru w’Abasora bongera gushimirwa umusanzu ukomeye

Kigali: Barataka ko igiciro cya gaz cyatumbagiye

Bamwe mu bacuruzi ndetse n’abakoresha gaz yo gutekesha umunsi ku wundi barataka

Rutsiro: Abahinzi b’ibinyomoro bahangayikishijwe n’indwara y’amayobera yibasiriye iki gihingwa

Imyaka ibaye ibiri igihingwa cy’ibinyomoro cyibasirwa n’indwara y’amayobera atuma iyo igiti kigejeje