Ubutabera

Abibaga telefoni i Kigali batawe muri yombi

Urwego rw'Ubugenzacyaga, RIB, rwerekanye abantu batanu bakekwa kwiba za telefoni mu nama

Umusore arakekwaho gusambanya abana biga mu mashuri y’incuke

NYANZA: Umusore wo mu Murenge wa Cyabakamyi wari uragiye inka arakekwaho gusambanya

Bomboko yahamijwe ibyaha yaregwaga birimo n’icya Jenoside

Urukiko rwa Rubanda i Buruseli mu Bubiligi rwahamije Nkunduwimye Emmanuel bita Bomboko

Bicahaga yakatiwe gufungwa imyaka 15, umugore we ahabwa 10

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imbibi ruri i Nyanza mu

Ruhango: Gitifu arashinjwa kwaka ruswa ya 5000 Frw

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akagari ka Murama, Habarurema Sauteur wo mu Murenge wa Bweramana

“Umurakare” ukekwa gukorera iyicarubozo umugore we arafunzwe

NYAMASHEKE: Ubugenzacyaha bw'u Rwanda bwafunze Munyandekwe Elisha w’imyaka 47 akurikiranyweho gukorera ibikorwa

Affaire y’agahanga k’umuntu kabuze: Urukiko rwarekuye Gitifu wa Cyanzarwe

Rubavu: Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi rwarekuye Nzabahimana Evariste umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa

Nyanza:  Ntarindwa ukekwaho Jenoside akihisha imyaka 23 mu mwobo yaburanye

*Ahakana ko atigeze yica ndetse atayoboye ibitero *Yemera ko yagize uruhare mu

Kamonyi: Umusore arakekwaho gusambanya umwana

Umusore w'imyaka 21 y'amavuko wo mu Karere ka Kamonyi, akurikiranyweho gusambanya umwana

Karongi: Abari barashinze umutwe w’Abagizi ba nabi barafunze

Abari barashinze umutwe w’abagizi ba nabi mu Karere ka Karongi, batawe muri

Urukiko rwafunze by’agateganyo umugabo ukekwaho kwica umubyeyi

Nyanza: Abaregwa muri uru rubanza ni Eric Rukundo umwana wa nyakwigendera Patricie

Kamonyi: Abantu 6 bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi buvuga ko muri iyi minsi 100 yo kwibuka

Umusaza arakekwaho gusambanya umwana w’umuhungu

Nyanza: Umusaza uri mu kigero cy'imyaka 60 arakekwaho gusambanya umwana w'umuhungu uri

Muhanga: Kabera uregwa indonke ya 10.000Frw  yakatiwe imyaka Ine

Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwategetse ko Kabera Védaste  wari Umukozi ushinzwe Imiyoborere

Urukiko rwapfundikiye urubanza rwa Dr Rutunga umaze imyaka ibiri aburana

Urukiko rwapfundikiye urubanza Ubushinjacyaha buregamo Dr Rutunga Venant woherejwe mu Rwanda n'igihugu