Ubutabera

Ruhango: Abagabo bane barakekwa kwicira mugenzi wabo mu Muhuro

Abagabo bane bo mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango barakekwa

Dosiye y’ Umuyobozi w’ishuri ukekwaho kurigisa ibiryo yageze mu bushinjacyaha

Nyanza: Umuyobozi  w'ishuri ribanza rya Nyakabuye, ryo mu Karere ka Nyanza, ukekwa

Nyanza : Uwahunze akekwaho ubwicanyi yatawe muri yombi

Umusore witwa  Ferdinand Nsengiyuma alias Rusakara w’imyaka 38, yatawe muri yombi akekwaho

Umukozi wo mu rugo yatawe muri yombi akekwaho kwiba umwana

Nyanza: Umukozi wo mu rugo yatawe muri yombi akekwaho kwiba umwana w'umuhungu

Umugabo arashinjwa kwica uwo bashakanye urupfu rw’agashinyaguro

Muhanga: Umugabo witwa Ntamahungiro arakekwaho kwica umugore we witwaga Uwamahoro amukase ijosi

Abagabo babwiwe ko bazaburana muri 2027 batakambiye Perezida w’urukiko

Abagabo batanu bakekwaho kwica umwana witwa Loîc w'i Nyanza, bamaze igihe babwiwe

Ukekwaho kwica mwishywa we muri Jenoside yagejejwe imbere y’urukiko

Nyanza: Ubushinjacyaha bukurikiranyeho abagabo babiri icyaha cyo kwica umwana mu gihe cya

Ngororero: Abayobozi babiri bakurikiranyweho kwakira ruswa

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Nyange, Niyihaba Thomas hamwe n'Umuyobozi w'Ishami ry'ubutaka, Imiturire

Bamugize “umusazi” umusore wagiye kwishyuza ayasigaye “ku gihembo” cyo kwica umuntu

Nyanza: Umusore wagiye gusaba ubuyobozi ngo bumwishyurize amafaranga yemerwe ngo yice umuntu,

Ubutabera buhanzwe amaso kw’isambu yo muri 1959 yateje impaka

RUBAVU: Abaturage bo mu Kagari ka Kinyanzovu baratabariza abakomoka k’uwitwa Nyiragataringenge Gatarina

Nyagatare: Umugabo wicaga imisambi ari mu maboko atari aye

Sindikubwabo Jean Marie Vianney wo mu Karere ka Nyagatare mu Ntara y'Uburasirazuba,

Nyanza: Umusore arakekwaho gusambanya umwana bafitanye isano

Mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Kigoma mu kagari ka Mulinja

Ntarindwa wihishe mu mwobo imyaka 23 yakatiwe gufungwa by’agateganyo

Nyanza: Urukiko rw'Ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwakatiye gufungwa by'agateganyo

Mutabaruka arasaba kudakurikiranwaho icyaha cya Jenoside

NYAMAGABE: Urukiko rwisumbuye rwa Nyamagabe rwasubitse urubanza ruregwamo uwahoze ari Burugumesitiri wa

Bomboko yakatiwe imyaka 25

Urukiko rwa rubanda rw’i Buruseli mu Bubiligi, rwahanishije Umunyarwanda Nkunduwimye uzwi ku