Ubutabera

RIB yafunze icumi biganjemo abo mu Butabera

Urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze abantu 10 biganjemo abo mu

Disi Dieudonne yongeye kwikoma Gitifu Habineza ko yarigishije imibiri y’abantu be

NYANZA: Nyuma y'imyaka itanu umuryango wa Disi Didace (Nyakwigendera se wa Disi

Nyanza: Umugabo yafashwe yiha akabyizi k’umugore w’abandi

Umugabo wo mu Karere ka Nyanza yaguwe gitumo yiha akabyizi n'umugore w'abandi,

Dosiye y’ukekwaho Jenoside akihisha mu mwobo imyaka 23 yageze mu Bushinjacyaha

NYANZA: Umugabo witwa Ntarindwa Emmanuel wamaze imyaka 23 yihishe mu mwobo akekwaho

Umutangabuhamya yahinduye imvugo mu rubanza rwa Bomboko biteza sakwe

Mu rubanza rwa Nkunduwimye Emmanuel bahimba Bomboko, habayemo impagarara kubera umutangabuhamya wahinduye

Umugabo ukekwaho Jenoside akihisha mu mwobo imyaka 23 yafashwe

NYANZA : NTARINDWA Emmanuel w'imyaka 51 akekwaho gukora jenoside yakorewe Abatutsi mu

Abanyarwanda 2 bashakishwaga ngo baburane barapfuye

Urwego rwasigaye ruburanisha imanza zasizwe n’icyahoze ari Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda,

Barinda ukekwaho kwica Se yafashwe

NYAMASHEKE: Barinda Oscar wo mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Kanjongo

Barikana Eugene wabaye Depite iwe bahasanze “Grenade”

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruvuga ko rwataye muri yombi Barikana Eugene wari

Umuvandimwe wa Kajuga Robert “wari ukuriye Interahamwe” yashinje Bomboko

Mu rubanza rw'Umunyarwanda Nkunduwimye Emmanuel alias Bomboko, ruri kubera i Bruxelles umwe

Inkuru y’umusore na se mu murima w’ibijumba yarangiye nabi

Nyanza: Umusore wo mu murenge wa Rwabicuma wibana mu nzu ya wenyine,

Abavandimwe batatu barakekwaho kwica Umubyeyi wabo

NYANZA: Abavandimwe batatu bo mu Karere ka Nyanza batawe muri yombi bakekwaho

Umwana yagiye gusura abaturanyi aza kuboneka yapfuye

Nyamagabe: Umwana wari wagiye gusura abaturanyi, yaje kuboneka ari mu cyobo cy'amazi

RIB Ifunze abashyira ku mbuga nkoranyambaga  ibiteye isoni

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rufunze abantu batandatu bakurikiranyweho bitandukanye biromo icyo gushyira

Me Gatera Gashabana na we yikuye mu rubanza rwa Karasira Aimable

Me Gatera Gashabana warusanzwe yunganira Aimable Karasira mu rubanza rwe yandikiye ibaruwa