Ubutabera

Kicukiro: Polisi yacakiye umugabo wahanze umurimo utemewe mu Rwanda

Polisi y'u Rwanda yaguye gitumo umugabo wari warahanze uruganda akoreramo umurimo utemewe

Gasabo: Umugabo akurikiranyweho kwica umugore we

Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 50  yatawe muri yombi n'Urwego rw'Ubugenzacyaha akekwaho

Abavoka bashya basabwe guca ukubiri na ruswa

Abavoka bagera kuri 231 barimo nibura abanyamahanga 150 kuri uyu wa 27

Urubanza rwa Nshimiye Joseph rwasubitswe

Urubanza rwo kuburana ku ifungwa n'ifungurwa by'agateganyo rwagombaga guhuza Nshimiye Joseph n'abandi

Nyaruguru: Uwahoze ashinzwe ubuzima yikomye abarimo Guverineri Habitegeko

Urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza rwakomeje kuburanisha uwahoze ashinzwe ubuzima mu karere

Nshimiye Joseph agiye gutangira kuburana

Nyuma yo gutabwa muri yombi n'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Nshimiye Joseph ukekwaho

Rwanda: Umugororwa wahawe igihano kiruta ibindi yatorotse gereza irinzwe cyane

Umugororwa ukomoka mu karere ka Gisagara wari ukatiwe igihano cy'igifungo cya burundu

Bamporiki yatawe muri yombi ajyanwa muri Gereza – Official

Bamporiki Edouard, wabari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Urubyiruko n'Umuco, nyuma yo

Igihano Bamporiki yari yakatiwe cyongereweho umwaka

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco igihano

RIB yataye muri yombi Nshimiye Joseph

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Nshimiye Joseph ukekwaho ubwambuzi bushukana

RIB yasabye Joseph kureka kwihisha Ubutabera

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwibukije Nshimiye Joseph uvugwaho ubwambuzi bushukana, kureka kwihishahisha

RIB irahiga bukware Joseph Nshimiye uvugwaho ubwambuzi

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha , rukomeje gushakisha Nshimiye Joseph uvugwa mu bwambuzi bushukana

Umugore w’i Kinyinya wishe umugabo we afatanyije na basaza be yarize mu Rukiko

Mukamazimpaka Shanitah wahamijwe icyaha cyo kwica umugabo we afatanyije na basaza be

Joseph Nshimiye aravugwaho ubwambuzi bushukana

Mu bisa n'urusimbi kuri Internet abaturage bariwe miliyoni 100Frw. Uwahoze ari Umunyamabanga

RIB ikomeje iperereza ryimbitse ku muturage wasanzwe aziritswe iminyururu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruvuga ko rukomeje iperereza ryimbitse ku mugabo bivugwa ko