Uwahoze ayobora Ikigo cy’Amakoperative arafunzwe
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwemeje amakuru y'uko rwataye muri yombi Prof Harelimana…
Rachid yasabye gufatwa nka Bamporiki cyangwa Dr Isaac Munyakazi
*Ibyaha akurikiranyweho ngo bizabazwe Google kuko ibiganiro bye byatambutse kuri YouTube Hakuzimana…
Fine Fm yarezwe gutesha agaciro amasezerano
Rurageretse hagati ya Ineza Life Center Lt ihagarariwe na Niyonkuru Meschak na…
Ibyo iperereza rimaze gutahura kuri Kazungu Denis
Kazungu Denis w’imyaka 34 y’amavuko, ni umuturage wo mu Mudugudu wa Gashikiri,…
Burera: Insoresore zahondaguye abasekirite
Mu Murenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera insoresore zitwaje intwaro gakondo…
Uwahungiye muri ISAR Rubona yavuze ko atazi Dr. Rutunga Venant
Umutangabuhamya watanze ubuhamya bwa nyuma akaba yarahamagajwe n'urukiko kuko yagaragaye mu mashusho…
Urukiko rwahaye agaciro raporo ivuga ko Karasira arwaye ariko bitamubuza gutekereza neza
Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipika ruri i Nyanza mu…
UPDATED: Amakuru mashya ku mugabo ukekwaho kwica abantu akabashyingura iwe (VIDEO)
Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB rwavuze ko rwafunzwe umugabo ukekwaho kwica abantu batazwi umubare…
Urukiko rwafashe icyemezo mu rubanza rwa Padiri uregwa gusambanya umwana w’umuhungu
Nyanza: Padiri Habimfura wakekwaga gusambanya Umwana w'Umuhungu yagizwe umwere Urukiko Rukuru rw'i…
Gicumbi: Yashatse gucika Polisi ntibyamugwa amahoro
Umugabo wo mu Karere ka Gicumbi wari wikoreye ibilo 20 by'urumogi yikanze…
RIB yinjiye mu kibazo cy’uwishwe n’icyayi n’irindazi
NYANZA: Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwatangiye iperereza ku rupfu rw'umwana w'imyaka ine…
Umucyo ku gitinyiro cya Bamporiki i Mageragere
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) rwashyize umucyo ku bimaze iminsi bicicikana ko…
Umunyamakuru Umuhoza Honore agiye kurega RIB
Umunyamakuru umuhoza Honore wa Radio/ TV Flash yarekuwe nyuma y'iminsi atawe muri…
Umukozi wa SACCO afungiye ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro
Kamonyi: Sindayigaya Francois w’imyaka 40, ushinzwe icungamutungo rya SACCO, Dusizubukene Nyarubaka, iherereye…
Rubavu: Gitifu akurikiranyweho guhishira icyaha cy’ubugome
Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa…