Ubutabera

Umunya-Korea wakatiwe gufungwa imyaka 5 mu Rwanda, “yahawe amahirwe ya nyuma yo kuburana bushya”

Urubanza rw’Umunya-Korea wakatiwe imyaka 5 n’Urukiko Rukuru rugiye kongera kuburanishwa n’Urukiko rw’Ubujurire

Nyanza: Umukecuru w’imyaka 70 yatawe muri yombi akekwaho guhinga urumogi

Mu mudugudu wa Gahengeri mu kagari ka Kadaho mu Murenge wa Cyabakamyi

Urubanza rwa Mugimba woherejwe n’Ubuholandi rwahawe itariki ruzasomerwaho

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka rukorera i Nyanza mu

Isomwa ry’urubanza rw’ubujurire rwa Urayeneza na bagenzi be ryasubitswe ku mpamvu z’Urukiko

Kuri uyu wa Kane hari hategerejwe isomwa ry'urubanza rw'Ubujurire mu Rugereko rwihariye

IBUKA yanenze icyemezo cya RCS cyo kurekura umunyemari Majyambere atarangije ibihano

*RCS ivuga ko habayeho kwibeshya.... Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abacitse ku icumu

CSP Kayumba wayoboye Gereza ya Mageragere mu bujurire bwe yasabye Urukiko kumurekura

*CSP Kayumba yabwiye urukiko ko nta kimenyetso kerekana ko Kassem yibiwe muri

Impaka zishyushye mu Rukiko ku kuba Cyuma Hassan ari Umunyamakuru cyangwa atari we

*Cyuma ati "Igihano cy'Urukiko Rukuru kigumyeho byaba ari ukuniga ubwisanzure bw'itangazamakuru" *Yavuze

Amb. Gatete Claver yongeye gushyirwa mu majwi mu rubanza rw’inyereza rya za miliyari

Serubibi Eric wahoze ayobora Ikigo cy'Igihugu cy'Imyubakire (Rwanda Housing Authority) yabwiye Urukiko

Rwamagana: Abantu 7 barimo umugore bakurikiranyweho ubujura bucukura inzu

Polisi ikorera mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatanu tariki ya

Nyaruguru: Perezida w’Urukiko rw’Ibanze akurikiranyweho ruswa y’ishimishamubiri ry’igitsina

Perezida w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, ukurikiranyweho ibyaha birimo

Musanze: Yatawe muri yombi akekwaho kwiba Moto yiyita umusirikare

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze ku bufatanye n’abashinzwe umutekano mu bamotari

Kayonza: Umusore yafatiwe mu cyuho amaze kwiba Miliyoni 2,5Frw

Polisi y'uRwanda ikorera mu Karere ka Kayonza ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano

Umunyamategeko “ukekwaho gusaba uwo yunganira gutanga ruswa” Urukiko rwanzuye ko afungwa by’agateganyo

Saa kumi z’umugoroba nibwo inteko y’umucamanza umwe n’umwanditsi w’urukiko yinjiye mu cyumba

Urukiko rw’i Nyanza rufite dosiye 2,400 zitaraburanishwa zirimo izakiriwe muri 2020

Mu Majyepfo Urukiko rw'Ubujurire rw’i Nyanza rumaze kwakira dosiye 2, 400 zitaraburanishwa,

Umunyamategeko afunzwe azira gusaba uwo yunganira guha ruswa Umucamanza

Ku wa 15 Gashyantare 2022  Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha ifunga