Umunya-Korea wakatiwe gufungwa imyaka 5 mu Rwanda, “yahawe amahirwe ya nyuma yo kuburana bushya”
Urubanza rw’Umunya-Korea wakatiwe imyaka 5 n’Urukiko Rukuru rugiye kongera kuburanishwa n’Urukiko rw’Ubujurire…
Nyanza: Umukecuru w’imyaka 70 yatawe muri yombi akekwaho guhinga urumogi
Mu mudugudu wa Gahengeri mu kagari ka Kadaho mu Murenge wa Cyabakamyi…
Urubanza rwa Mugimba woherejwe n’Ubuholandi rwahawe itariki ruzasomerwaho
Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka rukorera i Nyanza mu…
Isomwa ry’urubanza rw’ubujurire rwa Urayeneza na bagenzi be ryasubitswe ku mpamvu z’Urukiko
Kuri uyu wa Kane hari hategerejwe isomwa ry'urubanza rw'Ubujurire mu Rugereko rwihariye…
IBUKA yanenze icyemezo cya RCS cyo kurekura umunyemari Majyambere atarangije ibihano
*RCS ivuga ko habayeho kwibeshya.... Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abacitse ku icumu…
CSP Kayumba wayoboye Gereza ya Mageragere mu bujurire bwe yasabye Urukiko kumurekura
*CSP Kayumba yabwiye urukiko ko nta kimenyetso kerekana ko Kassem yibiwe muri…
Impaka zishyushye mu Rukiko ku kuba Cyuma Hassan ari Umunyamakuru cyangwa atari we
*Cyuma ati "Igihano cy'Urukiko Rukuru kigumyeho byaba ari ukuniga ubwisanzure bw'itangazamakuru" *Yavuze…
Amb. Gatete Claver yongeye gushyirwa mu majwi mu rubanza rw’inyereza rya za miliyari
Serubibi Eric wahoze ayobora Ikigo cy'Igihugu cy'Imyubakire (Rwanda Housing Authority) yabwiye Urukiko…
Rwamagana: Abantu 7 barimo umugore bakurikiranyweho ubujura bucukura inzu
Polisi ikorera mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatanu tariki ya…
Nyaruguru: Perezida w’Urukiko rw’Ibanze akurikiranyweho ruswa y’ishimishamubiri ry’igitsina
Perezida w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, ukurikiranyweho ibyaha birimo…
Musanze: Yatawe muri yombi akekwaho kwiba Moto yiyita umusirikare
Polisi ikorera mu Karere ka Musanze ku bufatanye n’abashinzwe umutekano mu bamotari…
Kayonza: Umusore yafatiwe mu cyuho amaze kwiba Miliyoni 2,5Frw
Polisi y'uRwanda ikorera mu Karere ka Kayonza ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano…
Umunyamategeko “ukekwaho gusaba uwo yunganira gutanga ruswa” Urukiko rwanzuye ko afungwa by’agateganyo
Saa kumi z’umugoroba nibwo inteko y’umucamanza umwe n’umwanditsi w’urukiko yinjiye mu cyumba…
Urukiko rw’i Nyanza rufite dosiye 2,400 zitaraburanishwa zirimo izakiriwe muri 2020
Mu Majyepfo Urukiko rw'Ubujurire rw’i Nyanza rumaze kwakira dosiye 2, 400 zitaraburanishwa,…
Umunyamategeko afunzwe azira gusaba uwo yunganira guha ruswa Umucamanza
Ku wa 15 Gashyantare 2022 Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha ifunga…