Ubutabera

Karasira Aimable uzwi nka Professor Nigga yanze kuburanira kuri SKYPE

Kuri uru wa Gatatu Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari gutangira kuburanisha mu

Umusizi Innocent Bahati “ngo yerengeye Uganda”, RIB ivuga ko yakoranaga n’abanzi b’u Rwanda

*Amakuru ya RIB yatangaje Rumaga watabarije Bahati Umuvugizi w'Urwego rw'Ubugenzacyaha, (RIB) Dr.Murangira

RCS: Ibikorwa byo gusura imfungwa n’abagororwa mu magereza byafunguwe

Kuva ku wa 25 Gashyantare  2022 abafite ababo bafungiwe mu ma gereza

Piscine ya Dove Hotel yateje impaka mu rubanza rw’abahoze bayobora ADEPR

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Gashyantare 2022 ku Rukiko Rukuru

RCS yatangaje ko imfungwa n’abagororwa 58 banze kwikingiza COVID-19

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS) rwatangaje ko kugeza ubu muri gereza

Rwiyemezamirimo arashinja Urukiko rw’Ikirenga kumwambura Miliyoni 32 Frw

NYANZA: Rwiyemezamirimo witwa Ntihinyuka Elie aravuga ko yatewe igihombo n'Urukiko rw'Ikirenga nyuma

Salton wari ushinzwe ivugabutumwa yisobanuye ku inyerezwa rya miliyoni 42Frw y’umutungo wa ADEPR

Kuri uyu wa Mbere ubwo hakomezaga urubanza rwa ADEPR, Niyitanga Salton wahoze

Dosiye ya IMAM ukekwaho kwica ingurube ayita “haramu” yashyikirijwe Ubushinjacyaha

IMAM (Umuyobozi w’umusigiti) wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza ashobora guhabwa ibihano

“Abaturage mukanguke ubutabera ntibugurishwa”, RIB ivuga ku wafashwe yakira miliyoni 1.4Frw ya Ruswa

*Uyu wafashwe yigeze gukora akazi ko “kurwanya ruswa n'akarengane” *Ruswa yari yemerewe

Musanze: Urubanza rwa Maniriho ukekwaho kwica Emerence Iradukunda rwasubitswe

Kuri uyu wa 09 Gashyantare 2022 Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Musanze

Abanyarwanda 8 birukanwe na Niger Umucamanza yategetse ko basubira muri Tanzania

Umucamanza w'urwego rwasigaye rurangiza imanza z'urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha yategetse ko

Gicumbi: Arasabira ubutabera umwana we w’imyaka itanu wasambanyijwe

Yandereye Claudine w’imyaka 34 utuye mu Mudugudu wa Kamurenzi, Akagari ka Cyeru,

Nyanza: Rurageretse hagati y’uvuga ko yaguze inzu na nyiri iyo nzu uvuga ko atayigurishije

*Nyiri inzu yatsinze urubanza mu Rukiko rw'Ibanze. Uvuga ko yaguze inzu na

Nyamvumba wari wakatiwe imyaka 6 mu bujurire yakatiwe igifungo cy’amezi 30

Nyamvumba Robert ntagihindutse yazasohoka muri Gereza ya Nyarugenge, muri Nzeri 2022 nyuma

Urubanza rw’Ubujurire ruregwamo abakozi ba BK rwatangiye- Uko iburanisha ryagenze (Amafoto)

Abakozi ba Banki ya Kigali (BK) batatu muri batandatu bakatiwe n’urukiko rwisumbuye