Ubutabera

Umunyezamu w’Amavubi, Kwizera Olivier yageze mu Rukiko ashinjwa gukoresha ibiyobyabwenge

Mu Rukiko rwa Kicukiro hatangiye urubanza ku ifunga n'ifungurwa by'agateganyo ku Munyezamu

RIB ifunze Padiri mukuru wa Paruwasi ya Rwamagana wafatanwe Miliyoni 400 Frw z’amibano

Urwego rw'Iguhugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwahamije amakuru y'uko rwataye muri yombi Padiri Mukuru

Umugwizatunga Nkubiri yahamijwe icyaha cy’inyandiko mpimbano ariko ararekurwa

Umunyemari Nkubiri Alfred yahamijwe icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano, ahanishwa gutanga ihazabu

Urukiko rwanzuye ko Mme Idamange aburanishwa mu muhezo, ahita yihana Inteko imuburanisha

*Avuga ko aharanira ko mu Rwanda habamo Demokarasi *Asaba ko aburanisha ku

Kigali: Umugore w’imyaka 70 uregwa iterabwoba yasabiwe imyaka 20 y’igifungo

Ubushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka 20 Mukandutiye Angelina, umugore umwe uregwa mu rubanza

Ubushinjacyaha buvuga ko Rusesabagina “atemera ibyaha aregwa” bityo busaba ko afungwa Burundu

Ubushinjacyaha  bwasabiye Ruseseabagina Paul igifungo cya Burundu ku byaha akurikiranyweho bifitanye  isano

Undi muntu yareze Butera Knowless amushinja UBWAMBUZI

Nyuma y’uko  hari umugore wareze umuhanzikazi Butera Knowless amushinja kumwambura 1.350.000 Frw

Karasira Aimable ushinjwa guha ishingiro Jenoside azaburana mu Cyumweru gitaha

Karasira Aimable wamenyekanye ku izina rya Profesor Nigga nk'izina yakoreshaga ry'ubuhanzi akabifatanya

Mme Idamange yanze kwinjira mu Rukiko kubera kudahuza n’Abavoka be

Urugereko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu Majyepfo

Umunyamakuru yasabye Minisitiri Busingye kugenzura iby’iyicarubozo rivugwa “ahitwa Kwa Kabuga”

Minisitiri w'Ubutabera akaba n'Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye avuga ko mu

Ubujurire bwa Jay Polly na bagenzi be bwateshejwe agaciro bakomeza gufungwa

Kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Kamena 2021, Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo

Munyenyezi yongeye kwitaba Urukiko asaba kuziregura mu Cyongereza “kuko Ikinyarwanda kimugora”

Munyenyezi Beatrice yongeye kwitaba Urukiko yumvikana arusaba ko rwazamufasha rukamwemerera kwiregura kuri

Rusesabagina yavanywe aho yari afungiye ashyirwa hamwe n’abandi bagororwa

Urwego rw'Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS) ruratangaza ko ruherutse kwimura Paul Rusesabagina

Umunya-Uganda wiyitaga Umunyarwanda afatiwe mu bikorwa by’ubutekamutwe

*Yari amaze kwiba Umuhinde amadolari 116,000 $ (asaga miliyoni 116.8Frw). Mugisha Conary

Abanyamakuru bakoreraga kuri YouTube basabye Urukiko rw’Ubujurire gukurikiranwa badafunzwe

*Bamaze imyaka 3 bafunzwe by’agateganyo, ngo “bisa no kurangiza igihano batakatiwe n’Urukiko”