Ubutabera

Aimable Karasira uvuga ko yarokotse Jenoside afungiwe kuyiha ishingiro no kuyihakana

Karasira Aimable wabaye Umwarimu muri Kaminuza ubu akaba yumvikana cyane ku mbuga

Kigali: Abagabo barimo uwiyata ‘Afande muri Police’ bafashwe bakekwaho ubwambuzi bushukana

Polisi y’u Rwanda yerekeanye abagabo biyitaga Abapolisi bakambura abaturage amafaranga bababwira ko

Dr Gahakwa wahoze ayobora RAB yahawe igifungo cy’umwaka umwe n’amezi 3

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rwahamije Dr Daphrose Gahakwa icyaha cyo gutanga amasoko

Amb. Ron Adam wa Israel mu Rwanda yanenze abahakana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Ron Adam yavuze ko kuvuga amateka ya

MIGEPROF yahaye gasopo abasambanya abana bataruzuza imyaka y’ubukure

Minisiteri y'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango yakuriye yahaye ubutumwa abagifite imyumvire yo guhishira abakoresha

Abanyarwanda ntibarasobanukirwa neza itegeko ryo gukuramo inda-IMRO

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda ivuga ko itegeko rijyanye no

Kamonyi: Uko imfubyi zasizwe na Kabayiza zabuze isambu zaheshejwe n’Ubuyobozi muri 2013

*Ikibazo cyabo kiva ku isambu yasizwe na Se mu 1961 ahungira muri

Polisi yerekanye Abashoferi 3 barimo umwe washatse guha umupolisi 1000Frw cya ruswa

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 16 Gicurasi  ku kicaro

RIB yashyikirijwe Abapolisi bagaragaye mu mashusho bakubita imfungwa

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB  binyuze ku rukuta rwa Twitter rwatangaje ko

Dr Munyakazi yasabye imbabazi mu rubanza rwe rw’ubujurire ati “Nagize intege nke nk’umuntu”

*Ubushinjacyaha bwasabye urukiko gusuzuma imbabazi yasabye Ku wa Gatanu mu Rukiko Rukuru

Urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bwa Idamange wasabaga kuburanira i Kigali

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipika ruri I Nyanza mu

Umunyamategeko wa Kabuga yabwiye Urukiko ko uburwayi bwe butatuma aburana

Umwunganizi mu mategeko wa Felcien Kabuga ufatwa nk'umuterankunga wa Jenoside yakorewe Abatutsi

Uko umuhanzi Davis D yisanze mu rubanza rw’umukobwa bikekwa ko yasambanyijwe n’abahungu 2

Nyarugenge: Umuhanzi Icyishaka David (Alias Davis D) Ubushinjacyaha bumurega kuba icyitso mu

Phocas Ndayizera watangaga inkuru kuri BBC yakatiwe imyaka 10 y’igifungo

Umunyamakuru Phocas Ndayizera wahoze atanga inkuru kuri Radio BBC yakatiwe imyaka 10

Twaganiriye na Me Kubwimana wunganira 2 mu bafatanywe na Nyakwigendera Kizito Mihigo

Urubanza rw’abagabo batatu bafatanywe na Nyakwigendera KIZITO Mihigo rwongeye gusubikwa ku inshuro