Ubutabera

Gicumbi: Arasabira ubutabera umwana we w’imyaka itanu wasambanyijwe

Yandereye Claudine w’imyaka 34 utuye mu Mudugudu wa Kamurenzi, Akagari ka Cyeru,

Nyanza: Rurageretse hagati y’uvuga ko yaguze inzu na nyiri iyo nzu uvuga ko atayigurishije

*Nyiri inzu yatsinze urubanza mu Rukiko rw'Ibanze. Uvuga ko yaguze inzu na

Nyamvumba wari wakatiwe imyaka 6 mu bujurire yakatiwe igifungo cy’amezi 30

Nyamvumba Robert ntagihindutse yazasohoka muri Gereza ya Nyarugenge, muri Nzeri 2022 nyuma

Urubanza rw’Ubujurire ruregwamo abakozi ba BK rwatangiye- Uko iburanisha ryagenze (Amafoto)

Abakozi ba Banki ya Kigali (BK) batatu muri batandatu bakatiwe n’urukiko rwisumbuye

Kigali: Uwakuwe mu nzu aratabaza avuga ko aho anyagirirwa hanze ari guterwa ubwoba n’ubuyobozi

Uwanyirigira Agnes w’imyaka 58 utuye mu Mudugudu w’Ubumwe, Akagari k’Akabahizi mu Murenge

RIB yinjiye mu kibazo cy’abafite ubumuga bwo mu mutwe bakoreshwa kuri Youtube

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB,rwihanangirije imbuga nkoranyambaga zikorera ku muyoboro wa yutubi(Youtube) zitwikira

Kabuga Félicien yageze imbere y’Urukiko asaba guhindura abamwunganira mu mategeko

Umunyemari Félicien Kabuga ufatwa nka nomero ya mbere mu bateye inkunga ikorwa

Gasabo: Umugabo yateye icyuma ku ijosi umugore we “bapfa amakimbirane yo mu ngo”

Mu Mudugudu wa Gitaba mu Kagari ka Nyakabungo mu Murenge wa Jali

Ruhango: Umunyeshuri yasambanyijwe n’umuntu atazi wamusanze mu bwiherero

Umunyeshuri wiga mu Ishuri ryisumbuye rya Ruhango (Ecole Sécondaire de Ruhango) avuga

Rusizi: Gitifu w’Akagari n’abandi 2 batawe muri yombi bakekwaho Ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi abayobozi batatu bo mu Kagari ka

Gasabo: Ushinzwe umutekano yarumwe ugutwi agiye gukiza abashyamiranye

Nsanzumuhire Philemon wari ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Bugarama, Akagari k’Agateko mu

JADO Castar yatakambiye Urukiko arusaba ko yahanishwa gutanga amande aho gufungwa

Bagirishya Jean de Dieu yaburanye asaba imbabazi anatakambira Urukiko asaba guhanishwa gutanga

Muhanga: Mgr Mbonyintege yavuze ku kibazo cya Padiri wakekwaga gusambanya umwana

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi Musenyeri Mbonyintege Smaragde yabwiye UMUSEKE ko bagiye

Rusizi: Polisi yataye muri yombi abagabo bacukuraga Zahabu rwihishwa muri Nyungwe

Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Rusizi yataye muri yombi Ntegetimana Etienne

Urubanza rw’inyereza rya miliyari rw’abahoze ari Abayobozi muri Minisiteri rwaburanishijwe mu bujurire

Rwamuganza Caleb wari Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Imari n'Igenamigambi yahamwe n'ibyaha aregwa