Ubutabera

Kamonyi/Runda: Abashinzwe iterambere ry’Umudugudu barashinjwa gusaba no kwakira indonke

Dusengumukiza Aloyis na Ntakirutimana Arcade bagize Komite ishinzwe Iterambere ry'Umudugudu wa Nyagacyamu,

Urubanza rwa Hakuzimana Abdul Rashid rwasubitswe kubera ibaruwa yandikiye Urukiko

Kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ukuboza, 2021 Urukiko Rwisubuye rwa

Muhanga: Ubushinjacyaha bwasabiye abasore 2 basambanyije abana igihano cya burundu

Mu iburanisha ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya

Ruswa mu bizami bya permis: Ba ‘Offisiye’ barekuwe n’Urukiko Polisi yo yakomeje kubafunga

Inkuru y'Abapolisi 7 hari ba "Offisiye" beretswe Itangazamakuru Polisi y'Igihugu ibashinja kurya

RIB yavuze amwe mu mayeri y’abarya ruswa arimo Ibwirize, rangiza gahunda na mvivura

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha(RIB) rutangaza ko abarya ruswa bagerageza gukoresha amayeri menshi akomeye

Musanze: Abantu 7 bakwekwaho urupfu rw’umukecuru Nyirabikari batawe muri yombi

Abantu barindwi barimo umuhungu w’umukecuru w’imyaka 87 Nyirabikari Therese bari mu maboko

Rwiyemezamirimo UWEMEYE Jean Baptiste umaze amezi 22 afunzwe, isomwa ry’urubanza rwe ryasubitswe

Ku wa Gatanu tariki ya 17 Ukuboza, 2021 Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo

Urukiko rwongereye igihe Twagirayezu Wenceslas ngo agere ku batangabuhamya bashinjura

Mu iburanisha riheruka ku wa 1 Ukuboza 2021 Twagirayezu Wenceslas woherejwe n'igihugu

Dr Munyakazi wabaye Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC yakatiwe igihano gisubitse

Kuri uyu wa Gatatu Urukiko Urukiko Rukuru rwahamije Dr Munyakazi Isaac icyaha

Abari abayobozi muri FDLR bari basabiwe gufungwa burundu bakatiwe imyaka 10

*Bahanaguweho ibyaha bitandatu muri birindwi baregwa Urugereko rw'Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamhanga

Rubavu: Abagabo 2 bakekwaho gukebesha urwembe abaturage batawe muri yombi

Polisi y’Igihugu yataye muri yombi abagabo babiri Muvandimwe Innocent na Bapfakurera Evaliste

Urubanza rw’ubujurire rw’Umunyamakuru Jado Castar rwasubitswe

Kuri uyu wa Mbere mu Rukiko Rukuru hari hateganyijwe urubanza rw'ubujurire rw'Umunyamakuru

Abagabo babiri bakurikiranyweho gutanga ruswa no guha abana ibisindisha

Polisi y’Igihugu yataye muri yombi abagabo babiri aribo Manizabayo ndetse na Kagame

Sous-Lieutenant Seyoboka wahoze muri EX-FAR yakatiwe gufungwa burundu no kwamburwa uburenganzira mboneragihugu

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwakatiye Sous Lieutenant Henri Jean Claude Seyoboka igihano

CSP Kayumba wayoboye Gereza ya Mageragere n’uwari umwungirije bakatiwe imyaka 5 y’igifungo

CSP Kayumba Innocent na SP Ntakirutimana Eric bari abayobozi ba Gereza ya