AMAFOTO: Ihuro ni isango, Tshisekedi na Museveni bahuriye ku mupaka wa Mpondwe

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi kuri uyu wa Gatatu yageze ahitwa Mpondwe ku mupaka w’igihugu cye n’icya Uganda, yahuye na Perezida Museveni bataha ku mugaragaro ikiraro gihuza ibihugu byabo, ndetse banatangiza imishinga yo kubaka imihanda ibahuza. Urugendo no guhura kw’aba Bakuru b’Ibihugu byari bimaz eigihe bivugwa, baratangiza iyibakwa ry’umuhanda Kasindi-Beni-Butembo. Amafoto […]