Gutungurana mu matora ya FERWAFA, Rurangirwa yayikuyemo Olivier atsinda nta nkomyi

Mugabo Olivier Nizeyimana ni we muyobozi mushya w’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yiyamamaje wenyine ndetse atsinda ku bwiganze busesuye. Yari ahanganye na Louis Rurangirwa ariko uyu yaje gusanga hari ukwica nkana amategeko atangaza ko akuyemo kandidatire ye. Rurangirwa yavavuga ko mu Itegeko Nshinga bibujijwe ko Umuyobozi uri mu nzego bwite za Leta, yiyamamaza kuyobora […]