Ibyo wamenya ku guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira mu bana mu Karere ka Nyanza

Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Ntazinda Erasme, yavuze ko muri buri Mudugudu abawutuye bakusanya ibiro 50 by’umusaruro bejeje, abandi bagatanga umusanzu wa Frw 500 ibi bikaba ari byo bikora kiriya kigega. Mu Kiganiro n’Abanyamaku Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza yavuze ko iki kigega kije cyunganira izindi gahunda zitandukanye zisanzweho zo guhashya ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira biboneka mu […]