Kim vs US: Twiteguye ibiganiro cyangwa guhangana na bo

Umuyobozi w’ikirenga wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-un yavuze ko igihugu cye kiteguye ku mpande zombi haba inzira y’ibiganiro cyangwa guhangana na Leta zunze ubumwe za America, gusa avuga ko aho biteguye cyane ari uguhangana na America. Hashize iminsi ubutegetsi bushya muri America bugerazgeza gushakisha abo muri Korea ya Ruguru ngo bagirane ibiganiro abandi ntibabahe […]