Olivier na Louis barahatanira kuyobora FERWAFA, hanemejwe buri wese n’abo azakorana na bo

FERWAFA yatangaje urutonde ntakuka rw’abemerewe kwiyamamariza kuyiyobora mu matora azaba tariki ya 27 Kamena 2021, abakandida babiri Nizeyimana Olivier na Rurangirwa Louis ni bo bahatanira kuba Perezida. Tariki ya 01 Kamena nibwo gutanga Kandidatire byatangiye bisozwa tariki ya 04 Kamena, 2021. Tariki ya 09 Kamena akanama katangaje abemerewe kwiyamamaza by’agateganyo, aho Nizeyimana Olivier ariko akanama […]