Jacob Zuma wabaye Perezida wa Africa y’Epfo yijyanye kuri Polisi ngo imufunge

Hari hashize iminsi yaranangiye, mu masaha yo kuri uyu wa Gatatu, Jacob Zuma wabaye Perezida wa Africa y’Epfo yishyikirije Polisi kugira ngo atangire igihano cy’igifungo yakatiwe. Mu masaha akuze yo ku wa Gatatu nibwo umuryango yashinze wemeje ko Zuma yagiye kuri Gereza iri hafi y’urugo rwe mu Ntara ya KwaZulu-Natal. Polisi yari yamuhaye igihe nta […]