Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Kigali: Abayisilamu basabwe gukoresha Kolowani nk’intwaro ibarinda ikibi

Yanditswe na: NDEKEZI Johnson
2022/05/16 11:11 AM
A A
1
Yisangize abandi kuri FacebookYisangize abandi kuri TwitterYisangize abandi kuri Whatsapp

Related posts

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

2022/07/06 7:50 PM
Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

2022/07/06 7:50 PM

Abayisilamu bo mu Rwanda ndetse n’abandi bo k’ umugabane wa Afurika ,basabwe gukoresha Kolowani nk’intwaro ibarinda ubwangizi ndetse n’ubuhezanguni.

Abakoreha Igitabo cya Kolowani mu bikorwa by’ubwangizi bacyebuwe
Ibi babisabwe n’umuyobozi w’abayisilamu mu Rwanda ,Mufti shekeih Hitimana Salim, ubwo kuri iki cyumweru tariki ya 15 Gicurasi hasozwaga amarushanwa yo gusoma no gufata mu mutwe Igitabo cya Kolowani (Quran).

Ni amarushanwa yari yitabiriwe b’Ibihugu 31 byo ku mugabane wa Afurika.

Uwineza Latifat ni umwe mu ba Nyarwanda bitabiriye aya marushanwa ndetse aza kwegukana umwanya wa kabiri,  n’igihembo cya Miliyoni 1Frw, mu cyiciro cya Djuza 20.

Uwineza yavuze ko yishimira kuba yaritabiriye aya marushanwa akaba anatsinze bityo ko agiye gukoresha aya mahirwe afasha abandi.

Yagize ati“Mbere nari nabanje kugira ubwoba kuko nari buhure n’abanyamahanga ariko nabwikuyemo mvuga ko byose bishoboka kubera Imana.”

Yakomeje ati“Ubumenyi mfite ntabwo nabwihererana, nzabusangiza n’abandi nabo bamenye gusoma.”

Umuyobozi w’Abayisilamu mu Rwanda ,Sheikh Hitimana Salim, yavuze ko  Abayisilamu basabwe gukomeza guha agaciro igitabo gitagatifu cya Kolowani, bagifata mu mutwe kuko cyibegereza Imana ,cyikabarinda kwishora mu bikorwa bibi.

Yagize ati“Icyo bivuze ni uko ari ugukomeza kwimakaza iki gitabo cya Kolowani mu bituza by’urubyiruko ndetse no mu mitwe yabo ariko harimo no kwitegereza no kugaragira Uwiteka,kuko iki gitabo ni gitagatifu,ni Igitabo kituyobora nk’abayisilamu,iyo ugisomye harimo ibyiza ugikuramo.”

Mufti w’uRwanda yongeye gucyebura abafata Igitabo cya Kolowani bakora ibikorwa by’ubwangizi.

Yagize ati“Abantu bafashe igitabo gitagatifu mu mitwe nkaba ,baba abumumaro ubwabo ndetse no mu bandi.”

Iri rushanwa ryegukanywe na Ahmed wo muri Somalia maze ahabwa Igihembo cya Miliyoni 3Frw.

Aya marushanwa yatangiriye mu Karere ka Gicumbi, asorezwa mu Mujyi wa Kigali . Mu mwaka wa 2014 atangira, yitabiriwe b’Ibihugu 4 ariko kuri ubu bikaba byari 31. Muri rusange amaze kwitabirwa n’abasaga 400.

TUYISHIMIRE RAYMOND / UMUSEKE.RW
Yisangize abandiTweetOhereza
Inkuru yabanje

Urubanza rwa Bucyibaruta: Umuganga yasobanuye ko Ihungabana ritera kwibagirwa

Inkuru ikurikira

Karongi: Abantu 11 bafashwe bacukura amabuye mu buryo butemewe

Inkuru ikurikira
Karongi: Abantu 11 bafashwe bacukura amabuye mu buryo butemewe

Karongi: Abantu 11 bafashwe bacukura amabuye mu buryo butemewe

Ibitekerezo 1

  1. gahakwa says:
    shize

    Nkuko History ibyerekana,n’Intumwa Muhamadi yakundaga kurwana.Kimwe mu bitero bikomeye Muhamadi yayoboye kitwa “The Battle of Badr” cyabaye le 15/03/624,kuli 287 km uvuye I Macca .Amaze gushinga idini ya Islam,abamusimbuye nabo bali intagondwa.Bagabye ibitero byinshi muli Aziya,muli Africa no mu Burayi,bagarukira ahitwa Poitiers muli France.Uwangaga kuba Umuslamu,baramwicaga cyangwa bakamuca umutwe.Niho ubutagondwa bwaturutse.Yesu wali umunyamahoro,yabujije abakristu nyakuli kurwana,abasaba gukunda n’abanzi babo.Ibi bituma wumva neza hagati ya Yezu na Muhamadi uwari Intumwa y’Imana nyakuli.

Inkuru zikunzwe

  • Umugabo “wakubise ifuni umugore we n’umwana yafashwe” – Icyo yabajijije kiratangaje

    Umugabo “wakubise ifuni umugore we n’umwana yafashwe” – Icyo yabajijije kiratangaje

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • MONUSCO yeretse amahanga ko M23 ifite imbaraga zirenze iz’umutwe w’inyeshyamba

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Congo yahaye inzu zigezweho Abasirikare bakuru muri FARDC – AMAFOTO

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • M23 yigambye ko yafashe ikibuga cy’indege cya Rwankuba n’ibitaro byaho

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Musanze: Umuganga wapimye umurambo wa Iradukunda Emerence yagize ibyo asobanura

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Nyanza: Utaragiye mu kizamini cy’akazi ni we wabonye amanota ya mbere – RIB hari abo ifunze

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • U Rwanda rwasabye ko MONUSCO ihagarika gukorana n’igisirikare cya Leta ya Congo

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Uko imirwano yiriwe mu rugamba M23 yasakiranyemo na FARDC muri Gurupema ya Bweza

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umugore yicanwe n’abana be babiri umwe yari afite imyaka 3

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Muhanga: Gaz yaturitse itwika umugore mu maso mu buryo bukomeye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0

Follow us on Facebook

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Amakuru mashya

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

2022/07/06 7:50 PM
Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

2022/07/06 7:50 PM
Makini wateguye Agaciro Tournament arasaba Ferwafa ubufasha

Makini wateguye Agaciro Tournament arasaba Ferwafa ubufasha

2022/07/06 7:22 PM

IBYICIRO

  • Abana
  • Afurika
  • Amahanga
  • Amakuru aheruka
  • Amerika
  • Andi makuru
  • Aziya
  • Imideli
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru ndende
  • Inkuru Nyamukuru
  • Inkuru zihariye
  • Inkuru zindi
  • Iyobokamana
  • Izamamaza
  • Kwibuka
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Uburayi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urubyiruko
  • Utuntu n'utundi

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010