Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imikino

Gasogi yifurije amahirwe Nkubana Marc werekeje muri Police

Ubuyobozi bw'ikipe ya Gasogi United, bwashimiye myugariro Nkubana Marc watandukanye nayo akerekeza muri Police FC bunamwifuriza ishya n'ihirwe mu kipe ye nshya.

Yanditswe na: HABIMANA Sadi
2022/07/14 9:00 AM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Ikipe ya Police FC yatangiye kumvikana ku isoko ry’igura n’igurisha, cyane ko amakipe yamaze kumenya igihe shampiyona y’umwaka w’imikino 2022/2023 izatangirira.

Nkubana Marc yashimiwe na Gasogi United ushobora kuzakinira Police FC

Nkubana Marc wazamukanye na Gasogi United guhera mu Cyiciro cya Kabiri, yabaye undi mukinnyi watandukanye nayo, ubuyobozi bw’ikipe bumwifuriza ishya n’ihirwe mu kazi ke gashya.

Uyu myugariro w’iburyo, amakuru avuga ko yamaze kumvikana na Police FC kuzayikinira imyaka ibiri n’ubwo ikipe yo itarabirabitangaza.

Uyu musore ni umwe mu bagize umwaka mwiza w’imikino wasojwe, cyane ko ari we wabanzagamo ku mwanya we.

Kwamamaza

Nkubana yiyongereye ku bandi batandukanye na Gasogi United, barimo Herron, Mbogo Ally, Rugangazi Prosper n’abandi.

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Umweyo muri Rayon; Batandatu barimo Olivier bahambirijwe

Inkuru ikurikira

Kamonyi: Umugabo ashinja bagenzi be “kumukuraho igitsina” ntibahanwa

Izo bjyanyeInkuru

Imikino y’abakozi: Rwandair na REG zegukanye GMT 2023

Imikino y’abakozi: Rwandair na REG zegukanye GMT 2023

2023/06/05 7:21 AM
U Rwanda rwisanze mu itsinda rya Mbere muri Billie Jean King

U Rwanda rwisanze mu itsinda rya Mbere muri Billie Jean King

2023/06/04 3:38 PM
Minisitiri Munyangaju yishimiye ibyiza Rayon yagezeho

Minisitiri Munyangaju yishimiye ibyiza Rayon yagezeho

2023/06/03 7:31 PM
Abakinnyi ba Rayon bitwikiriye ijoro berekeza i Huye

Abakinnyi ba Rayon bitwikiriye ijoro berekeza i Huye

2023/06/02 11:17 AM
Tennis: Intego ni zose ku Banyarwandakazi bazakina Billie Jean King Cup

Tennis: Intego ni zose ku Banyarwandakazi bazakina Billie Jean King Cup

2023/06/02 9:52 AM
Umutoza w’Amavubi yahamagaye 28 barimo Ndikumana wihakanye u Burundi

Umutoza w’Amavubi yahamagaye 28 barimo Ndikumana wihakanye u Burundi

2023/06/01 4:43 PM
Inkuru ikurikira
Kamonyi: Umugabo ashinja bagenzi be “kumukuraho igitsina” ntibahanwa

Kamonyi: Umugabo ashinja bagenzi be “kumukuraho igitsina” ntibahanwa

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: info@umuseke.rw

Inkuru iheruka

Imikino y’abakozi: Rwandair na REG zegukanye GMT 2023

Imikino y’abakozi: Rwandair na REG zegukanye GMT 2023

2023/06/05 7:21 AM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010