Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amahanga

 Hasohotse impapuro zo gufata Perezida Putin n’umugore ukora mu biro bye

Yanditswe na: Ange Eric Hatangimana
2023/03/17 6:34 PM
A A
3
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rw’i La Haye/Hague kuri uyu wa Gatanu rwasohoye impapuro zo gufata Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya.

Putin avuga ko intego zamujyanye muri Ukraine zizagerwaho ntakabuza (Archives)

Arashinjwa gukora ibyaha by’intambara muri Ukraine.

Urukiko ruvuga ko rwasohoye impapuro zo gufata Putin kubera uruhare rwe mu byaha by’intambara bikorwa muri Ukraine kuva Uburusiya buteye kiriya gihugu muri Gashyantare 2022.

Itangazo rivuga ko “kuva kuri uyu wa 17 Werurwe, 2023, Urugereko rw’Ibanze rw’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, rwasohoye impapuro zo guta muri yombi abantu babiri kubera ibiri kuba muri Ukraine : Vladimir Vladimirovitch Putin na Madamu Maria Alexeyevna Lvova-Belova”.

Kwamamaza

Uyu Maria Alexeyevna Lvova-Belova ni Komiseri mu Biro bya Perezida mu Burusiya ushinzwe uburenganzira bw’abana.

Perezida Vladimir Putin ashinjwa uruhare mu byaha by’intambara byo kwimura ku ngufu abaturage (abana) mu buryo butemewe n’amategeko, byakorewe mu bice Uburusiya bwafashe muri Ukraine, bakajyanwa mu Burusiya.

Ubushinjacyaha bwo muri Ukraine bwakiriye neza iri tangazo nk’icyemezo cy’amateka, naho Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy avuga ko ibi byabaye ari intangiriro.

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Kigali: Umugabo wari wazindukiye mu kazi yapfuye bitunguranye

Inkuru ikurikira

NAME CHANE REQUEST

Izo bjyanyeInkuru

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM
EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

2023/03/27 4:40 PM
M23 si umutwe w’ibyihebe, barwanira uburenganzira bwabo – Gen Muhoozi

Gen Muhoozi agiye gusezera igisirikare – Arajya he?

2023/03/27 3:41 PM
Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

2023/03/27 3:21 PM
Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

2023/03/27 2:47 PM
Inkuru ikurikira

NAME CHANE REQUEST

Ibitekerezo 3

  1. benimana emmanuer says:
    shize

    turabashima cyane kumakuru meza muuha murakoze

    Reply
  2. Pingback: Perezida Putin yatunguranye asura umujyi wo muri Ukraine – Umuseke
  3. Pingback: Perezida Putin yatunguranye asura umujyi wo muri Ukraine | yacunews

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010