Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Andi makuru

Perezida Kagame yasezeranyije abagore kutazabatererana mu iterambere

Yanditswe na: TUYISHIMIRE RAYMOND
2023/03/08 5:12 PM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yifurije umunsi mwiza abagore, kuri iyi tariki ya 08 Werurwe 2023, Isi yizihiza umunsi Mpuzamahanga wabahariwe.

Perezida Kagame Paul ari mu ndashyikirwa mu guharanira iterambere ry’umugore

Mu butumwa bwe kuri uyu munsi, Perezida Kagame yifatanyije nabo abibutsa ko bari ku mwe mu rugamba rw’uburinganire.

Ati “Nsuhuje abagore bose bo mu Rwanda no ku Isi hose kuri uyu munsi w’ingirakamaro. Turi kumwe namwe muri uru rugamba rwo guharanira ko ihame ry’uburinganire  rishyirwa mu bikorwa uko bikwiye”

Uyu munsi ku rwego rw’Igihugu waberye mu Karere ka Nyagatare aho wari ufite insanganyamatsiko igira iti “Nta we uhejwe, guhanga udushya n’ikoranabuhanga biteza imbere uburinganire.”

Kwamamaza

Guverinoma y’u Rwanda yagiye ishyiraho ingamba na gahunda ziha umugore ijambo no kumuteza imbere.

Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, rishimangira ko abagore bagira nibura 30% by’imyanya mu nzego zifatirwamo ibyemezo.

Uyu munsi wizihizwa mu rwego rwo kwishimira intambwe abagore bamaze gutera muri politiki n’ubukungu .

Loni yatangiye kuwizihiza mu 1975, iwemeza ku mugaragaro mu 1977 nk’umunsi ugamije gukangurira abantu kumenya ibibazo by’umugore.

Insanganyamatsiko ya mbere ya Loni yashyizweho mu 1996 yagiraga iti “Kwishimira ibyahise, Gutegura ejo hazaza”.

Mu myaka yashize uyu munsi wizihizwaga mu ngendo n’ imyigaragambyo bigamije kugaragaza ikibazo cy’ubusumbane, ahanini abagore nta jambo bagiraga nko mu miyoborere, politiki n’ibindi ndetse hari n’uburenganzira bamburwaga.

TIYISHIMIRE RAYMOND / UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

NAME CHANGE REQUEST

Inkuru ikurikira

RDC:  Agahenge ntikamaze kabiri, M23 yakozanyijeho na FARDC

Izo bjyanyeInkuru

Kamonyi: Ruyenzi SC yegukanye irushanwa ryo Kwibuka

Kamonyi: Ruyenzi SC yegukanye irushanwa ryo Kwibuka

2023/05/29 6:17 AM
Abagabo b’I Nyaruguru bishyiriyeho akagoroba kadasanzwe

Abagabo b’I Nyaruguru bishyiriyeho akagoroba kadasanzwe

2023/05/29 6:04 AM
Imbaraga z’umwijima mu mukino wa Kiyovu Sports na Rutsiro Fc

Imbaraga z’umwijima mu mukino wa Kiyovu Sports na Rutsiro Fc

2023/05/28 5:40 PM
Abiga muri ACEJ Karama basabwe kwitandukanya n’Ingengabitekerezo ya Jenoside

Abiga muri ACEJ Karama basabwe kwitandukanya n’Ingengabitekerezo ya Jenoside

2023/05/28 10:52 AM
Nyanza: DASSO yoroje inka umuturage

Nyanza: DASSO yoroje inka umuturage

2023/05/28 10:39 AM
Kubibuka ni ukabasubiza ijwi mu buzima bwacu- Minisitiri Bayisenge

Kubibuka ni ukabasubiza ijwi mu buzima bwacu- Minisitiri Bayisenge

2023/05/28 10:06 AM
Inkuru ikurikira
Igisirikare cya Congo kirashinja M23 kurasa ku ngabo z’u Burundi

RDC:  Agahenge ntikamaze kabiri, M23 yakozanyijeho na FARDC

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: info@umuseke.rw

Inkuru iheruka

Kamonyi: Ruyenzi SC yegukanye irushanwa ryo Kwibuka

Kamonyi: Ruyenzi SC yegukanye irushanwa ryo Kwibuka

2023/05/29 6:17 AM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010