Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Umugenzi yapfuye amaze gukatisha itike muri gare ya Nyabugogo

Yanditswe na: TUYISHIMIRE RAYMOND
2023/03/15 12:40 PM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 35 yapfuye urupfu rutunguranye muri gare ya Nyabugogo ubwo yari amaze gukatisha itike y’imodoka.

Gare ya Nyabugogo

Ibi byabaye ku wa Kabiri tariki ya 14 Werurwe 2023, ahagana saa saba z’amanywa (13h00).

Amakuru yizewe agera ku UMUSEKE ni uko yari avuye mu Karere ka Kamonyi agiye gutega ngo yerekeze mu ka Rulindo.

Uyu mugabo wagaragara nk’ufite intege nke, ngo yaje muri gare ari kumwe na mugenzi. Mugenzi we yagiye gushaka itike, amusiga yicaye, agarutse asanga yashizemo umwuka.

Kwamamaza

Abakorera muri gare ya Nyabugogo babwiye BTN TV ko bakeka ko yari afite uburwayi. Ni mu gihe abandi bo bavuga ko ari inzara.

Umwe yagize ati “Sinzi niba ari inzara, ariko yari yinjiye muri biro arimo gukatisha, asohotse (wa mugenzi we), tubona umuntu arasambye, akomerezamo aragenda (arapfa).”

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kimisagara, Kalisa Jean Sauveur, yavuze  ko nyakwigendera ashobora kuba yazize uburwayi yari asanganywe.

Ati “Ni kwa kundi abantu bagendana indwara zitica uwo mwanya, ariko zigenda zica abantu, nk’indwara y’umutima, umuvuduko w’amaraso, za Diyabete…”

Akomeza agira ati “Nk’uwo kuba yitabye Imana ntakindi kindi kidasanzwe cyabayeho ni ukubera indwara.”

Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa ku Bitaro bya Kacyiru kugira ngo ukorerwe isuzuma hamenyekane icyamuhitanye.

TUYISHIMIRE Raymond / UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Uganda:  Urukiko rwaciye Miliyoni 10 umugore wabenze uwamurihiye Kaminuza

Inkuru ikurikira

Kagame ntashyigikiye ko iteka abakinnyi ba Afurika bajya gushaka amaronko i Burayi

Izo bjyanyeInkuru

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

2023/03/27 4:40 PM
Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

2023/03/27 3:21 PM
Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

2023/03/27 2:47 PM
Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

2023/03/27 2:40 PM
Afande Muhoozi yatumiye abanyarwanda mu gitaramo gikomeye muri Uganda

Afande Muhoozi yatumiye abanyarwanda mu gitaramo gikomeye muri Uganda

2023/03/27 1:57 PM
Inkuru ikurikira
Ni gute Perezida Paul Kagame yakiriye igihembo yahawe na CAF

Kagame ntashyigikiye ko iteka abakinnyi ba Afurika bajya gushaka amaronko i Burayi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010