Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imikino

Ferwafa igiye kuremera abakozweho n’Ibiza

Yanditswe na: HABIMANA Sadi
2023/05/24 7:46 AM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, Ferwafa, ryatangaje ko rigiye guha ubufasha abatuye mu Ntara ziherutse kubamo Ibiza byangije byinshi bikanatwara ubuzima bwa bamwe.

Abakozweho n’Ibiza bagiye gufashwa

Mu Ntara y’i Burengerazuba, Amajyaruguru n’Amajyepfo, haherutse kuba Ibiza byangije byinshi binatwara ubuzima bwa bamwe.

Mu kwifatanya n’imiryango yaburiye aba bo muri ibi Biza, Leta y’u Rwanda yatanze ubufasha burimo ibikoresho bitandukanye ndetse ishyiraho uburyo bwo gukomeza kuba hafi y’imiryango yabihombeyemo.

Ferwafa nk’Urwego ruyobora umupira w’amaguru mu Rwanda, yatangaje ko 50% y’amafaranga azava mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro uzahuza APR FC na Rayon Sports ku wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2023, azajya mu bikorwa byo gufasha abagizweho ingaruka n’Ibiza byibasiye abaturage mu minsi ishize.

Kwamamaza

Iri shyirahamwe kandi ryasabye abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda kuzaza ari benshi kugira ngo bakomeze kuzirikana abazize ibi Biza.

Ferwafa igiye gutera inkunga abakozweho n’Ibiza

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Nkore iki? Yambwiye ko ntacyo mumarira mu buriri ajyana n’undi mugabo none ansabye imbabazi

Inkuru ikurikira

Minisitiri Munyangaju Aurore yanyomoje abavuze ko ari mu buroko

Izo bjyanyeInkuru

Abagabo b’I Nyaruguru bishyiriyeho akagoroba kadasanzwe

Abagabo b’I Nyaruguru bishyiriyeho akagoroba kadasanzwe

2023/05/29 6:04 AM
Imbaraga z’umwijima mu mukino wa Kiyovu Sports na Rutsiro Fc

Imbaraga z’umwijima mu mukino wa Kiyovu Sports na Rutsiro Fc

2023/05/28 5:40 PM
Abiga muri ACEJ Karama basabwe kwitandukanya n’Ingengabitekerezo ya Jenoside

Abiga muri ACEJ Karama basabwe kwitandukanya n’Ingengabitekerezo ya Jenoside

2023/05/28 10:52 AM
Nyanza: DASSO yoroje inka umuturage

Nyanza: DASSO yoroje inka umuturage

2023/05/28 10:39 AM
Kubibuka ni ukabasubiza ijwi mu buzima bwacu- Minisitiri Bayisenge

Kubibuka ni ukabasubiza ijwi mu buzima bwacu- Minisitiri Bayisenge

2023/05/28 10:06 AM
U Rwanda rwungutse abahanga mu bujyanama n’isanamitima ku ihungabana

U Rwanda rwungutse abahanga mu bujyanama n’isanamitima ku ihungabana

2023/05/28 8:18 AM
Inkuru ikurikira
Minisitiri Munyangaju Aurore yanyomoje abavuze ko ari mu buroko

Minisitiri Munyangaju Aurore yanyomoje abavuze ko ari mu buroko

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: info@umuseke.rw

Inkuru iheruka

Kamonyi: Ruyenzi SC yegukanye irushanwa ryo Kwibuka

Kamonyi: Ruyenzi SC yegukanye irushanwa ryo Kwibuka

2023/05/29 6:17 AM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010