Umukinnyi wa Rayon Sports WFC yasezeranye mu mategeko (AMAFOTO)

HABIMANA Sadi HABIMANA Sadi

Mukeshimana Jeannette usanzwe ukina mu bwugarizi bwa Rayon Sports Women Football Club, yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we, Nsanzabera Tharcisse.

Nyuma yo kumara igihe bari mu munyenga w’urukundo, Jeannette uzwi nka ‘Kana’ na Tharcisse bahisemo kubihamiriza mu mategeko ya Leta.

Uyu muhango wabaye ku wa Kane tariki ya 11 Nyakanga 2024.

Mukeshimana Jeannette ’Kanagato’, ni umukinnyi w’ikipe y’Igihugu y’Abagore. Yakiniye amakipe arimo Inyemera WFC, AS Kigali WFC na Rayon Sports WFC arimo ubu.

Jeannette na Nsanzabera bahisemo kibihamiriza mu mategeko
Bareganaga akana ko mu jisho
Kanagato yari yishimye pe!
Ni umukinnyi wa Rayon Sports WFC

UMUSEKE.RW