Gen. Doumbouya uyobora Guinée ategerejwe mu Rwanda
Perezida wa Guinée, Général Mamadi Doumbouya, ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rugamije gukomeza gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi. Itangazo ryasohowe na Perezidansi ya Guinée kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, rivuga ko Perezida Général Mamadi Doumbouya, azagera i Kigali kuri uyu wa Kane, tariki ya 1 Gicurasi 2025. Umubano w’u Rwanda na […]