Ndayishimiye yavuze iby’intasi ze zamubwiye ku Rwanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kuvuga amagambo gashoza ntambara ku Rwanda, ubwo yumvikanaga avuga ko umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara ukorera mu Burasirazuba bwa Congo urwanya ubutegetsi bwe, n’utera Bujumbura nawe ingabo ze zizatera i Kigali mu Rwanda. Ni bimwe mu byo yavugiye mu kiganiro na BBC, aho Gen. Ndayishimiye yavuze ko abizi […]