Browsing author

MUGIRANEZA THIERRY

Ndayishimiye yavuze iby’intasi ze zamubwiye ku Rwanda

Ndayishimiye yavuze iby’intasi ze zamubwiye ku Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kuvuga amagambo gashoza ntambara ku Rwanda, ubwo yumvikanaga avuga ko umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara ukorera mu Burasirazuba bwa Congo urwanya ubutegetsi bwe, n’utera Bujumbura nawe ingabo ze zizatera i Kigali mu Rwanda. Ni bimwe mu byo yavugiye mu kiganiro na BBC, aho Gen. Ndayishimiye yavuze ko abizi […]

Abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye kongera kwicarira ibibazo bya Congo

Abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye kongera kwicarira ibibazo bya Congo

Abakuru b’Ibihugu byo muri EAC na SADC barahurira mu nama kuri uyu wa 24 Werurwe 2025, baganira ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC hifashishijwe ikoranabuhanga. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Nduhungirehe Olivier, yabitangaje ku mugoroba wo ku wa 23 Werurwe 2025 mu kiganiro Inkuru mu Makuru kuri Televiziyo Rwanda. Inama y’Abakuru b’Ibihugu byo […]

Musenyeri Kabayiza yasabwe kurwanya inyigisho z’ubuyoboye

Musenyeri Kabayiza yasabwe kurwanya inyigisho z’ubuyoboye

Rev. Kabayiza Louis Pasteur wimitswe nka Musenyeri mushya w’Itorero Angilikani mu Rwanda (EAR), Diyosezi ya Shyogwe yasabwe kuzimakaza ubunyangamugayo, kumenya abakirisitu agiye kuyobora no kuzagira uruhare mu kwamagana inyigisho z’ubuyoboye. Ni ibyavugiwe mu Karere ka Muhanga mu muhango wabaye kuri icyi Cyumweru, tariki ya 23 Werurwe, wo kwimika Rev. Kabayiza Louis Pasteur, nk’Umwepisikopi mushya wa […]

Nyamagabe: Njyanama yatangiye kumva ibibangamiye abaturage

Abagize Inama Njyanama y’Akarere ka Nyamagabe, batangiye ibikorwa by’Icyumweru cy’Umujyanama, aho bakirijwe ibibazo birimo ubushomeri mu rubyiruko, ibikorwa remezo bike, amakimbirane n’ihohotera nk’ibikiri inzitizi ku iterambere ry’umuturage. Ni ibikorwa batangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Werurwe 2025, bikazamara icyumweru ku Nsanganyamatsiko igira iti :“Umuturage, Ijwi ku Mujyanama, Umujyanama, Ijwi ry’Umuturage.” Perezida w’Inama Njyanama […]

Perezida Kagame yemereye ubwenegihugu Dj Ira

Perezida Paul Kagame yemereye ubwenegihugu bw’u Rwanda, umuvangamiziki umurundikazi Iradukunda Grace Divine wamamaye nka “DJ Ira”, asaba ababishinzwe kubikurikirana. Ni kuri icyi Cyumweru, ku wa 16 Werurwe 2025 mu Mujyi wa Kigali mu nzu ya BK Arena ubwo yahahuriga n’abarenga 8000 baturutse hirya no hino mu gihugu muri gahunda yo kwegera abaturage. Ni gahunda y’Umukuru […]

Imvura yatumye umukino wa Mukura VS na Rutsiro usubikwa

Imvura nyinshi yaguye mu Karere ka Huye mu masaha ya nyuma ya Saa Sita kuri uyu wa Gatandatu yatumye umukino wari guhuza Mukura VS na Rutsiro FC usubikwa. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15, Werurwe 2025, kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye hari kubera umukino w’umunsi wa 21 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira […]

Santrafurika: Abapolisi b’u Rwanda 181 bambitswe imidali y’ishimwe

Abapolisi b’u Rwanda 181 bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA), bambitswe imidali yo kubashimira ubwitange n’umurava bagaragaje mu gihe cy’umwaka bamaze mu kazi ko kubungabunga amahoro muri icyo gihugu. Bayambitswe ku wa Gatanu tariki ya 14 Werurwe 2025. Bakaba barimo abapolisi 180 bagize itsinda RWAFPU2-9 n’undi mupolisi umwe ukora akazi k’ubujyanama (IPO) […]

Ambasaderi wa Afurika y’Epfo yirukanwe muri Amerika

Leta zunze Ubumwe za Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo i Washington, ashinjwa kwanga icyo gihugu na Perezida wacyo Donald Trump. Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yanditse kuri X ko Ambasaderi Ebrahim Rasool atacyakiriwe mu gihugu cyabo. Mu byo ubutegetsi bwa Amerika bushinja uwo mu Dipolomate wa Afurika y’Epfo harimo ngo kwanga […]