Kamonyi: Inzu y’ubucuruzi yahiye irakongoka
Ubuyobozi bw'Umurenge wa Runda buravuga ko hari inzu y'uwitwa Umwiza Bernadette bacururizagamo…
Mu Rwanda abagore 46% n’abagabo 18% bakubitwa n’abo bashakanye
Ubwo hasozwaga iminsi 16 yahariwe kurwanya no gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina, …
Ruhango: Umugabo yakubise mugenzi we ifuni
Abaturage bo mu Mudugudu wa Ntungamo mu Kagari ka Kagenzi ho mu…
Muhanga: Ushinzwe Imyitwarire mu kigo arashinjwa kunyereza Minerval y’abanyeshuri
Abarenga 30 biga mu Ishuri ry'imyuga na Tekiniki mu Mujyi wa Muhanga(Muhanga…
Abamotari bateje impanuka zahitanye ubuzima bw’abantu 150
Muri gahunda y'ubukangurambaga yiswe 'Gerayo amahoro' igamije gukumira impanuka zo mu Muhanda,…
Muhanga: Serivisi zihabwa abaturage zazamutseho 6,5%
Ubwo hagaragazwaga ishusho y'uko abaturage babona Imiyoborere n’Imitangire ya Serivisi mu Karere…
Ruhango: Umusore w’imyaka 28 yasanzwe mu mugozi yapfuye
Ntambara Cyriaque w'imyaka 28 y’amavuko yari atuye mu Mudugudu wa Rwinkuba mu…
Mu Rwanda abantu 30 barwaye ibibembe, 9 byabasigiye ubumuga
Umukozi w'ishami rishinzwe kurwanya indwara y'igituntu n'ibibembe muri RBC, Nshimiyimana Kizito avuga…
Amajyepfo: Abarenga 3000 bamaze igihe basaba Ubwenegihugu
Bamwe mu baturage bo mu Ntara y'Amajyepfo bamaze imyaka 28 bandikira inzego…
Muhanga: Abikorera banengwa serivisi mbi n’umwanda w’aho bacururiza
Mu nama yahuje abikorera bo mu Mujyi wa Muhanga, Ubuyobozi bw'Akarere n'Intara…