Elisée MUHIZI

387 Articles

Impanuka yatwaye ubuzima bw’umugore utwite

Muhanga: Impanuka y'imodoka yari itwaye yahitanye umugore wari utwite witwa Mukarunyana Laurence, abo bari kumwe abagera kuri batandatu barakomereka. Iyi…

Umusore akekwaho kwica umubyeyi we “akigira mu bye nkaho ntacyabaye”

Muhanga: Nzayisenga Onesphore wo mu Karere ka Muhanga wari warekuwe n'imbabazi za Perezida wa Repubulika, arakekwaho kwica umubyeyi we (Nyina)…

Hagaragajwe ibyagezweho mu cyiciro cya mbere cya “Green Amayaga”

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cyo kurengera ibidukikije (REMA), Kabera Juliet, yatangaje ko icyiciro cya mbere cy’umushinga wa Green Amayaga cyageze…

Yafatiwe mu cyuho yibye “envelope” n’ibipfurumba by’amafaranga

Polisi yo mu Ntara y'Amajyepfo yafashe umugabo wari umaze kwiba umucuruzi amafaranga menshi ari muri envelope n'andi ku ruhande. Umuvugizi…

Gisagara: Abantu bafite ubumuga bitabwaho byihariye mu bagizweho ingaruka n’ibiza

Ubuyobozi bw'Akarere ka Gisagara buvuga ko kuri ubu mu gihe cyo gutanga amakuru y'abagizweho ingaruka n'ibiza, ibyiciro by'abantu bafite ubumuga…

Ibyamenyekanye ku musore w’imyaka 19 warohamye mu mugezi

Kamonyi: Sindayigaya Cyprien w’Imyaka 19 y’amavuko yaguye mu Mugezi, bagakeka ko yabitewe n’uburwayi bw’igicuri amaranye imyaka itatu. Sindayigaya Cyprien n’umubyeyi…

Abantu 9 barimo umugore batawe muri yombi

Muhanga: Polisi ikorera mu Murenge wa Kabacuzi, Akarere ka Muhanga yafashe abantu 9 harimo batanu bari bafite toni imwe n'ibiro…

Umugore “wicuruza” akurikiranyweho kwica umugabo

Muhanga: Umugore arakekwaho icyaha cyo kwica Umugabo bivugwa ko yari aje kumukiza undi mugabo barwanaga. Uwizeyimana Alexis biravugwa ko yishwe…

Ishyamba ryegereye Igororero rya Muhanga ryahindutse indiri y’abajura

Bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Muhanga barifuza ko mu ishyamba riri munsi y’Igororero hashyirwaho irondo ry’umwuga cyangwa uruzitiro,…

Amajyepfo: Abikorera bazatanga miliyoni 80 Frw yo gufasha abarokotse Jenoside

Abagize urugaga rw’abikorera mu Ntara y’Amajyepfo bavuga ko bamaze kwegeranya miliyoni 80 y’u Rwanda yo gufasha abarokotse Jenoside batishoboye. Ibi…