Elisée MUHIZI

446 Articles

Abana babiri bavukana bahiriye mu nzu

Huye: Inkongi y'umuriro yatwitse inzu ihiramo abana babiri bavukana umwe ahita apfa, undi arakomereka bikabije. Iyi nkongi y'Umuriro yahitanye umwana, igakomeretsa…

Ruhango: Hatashywe ibikorwa by’uwikorera hatangirwa ubutumwa bukomeye

Umuganura: Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwatashye Moteli y'uwikorera busaba urugaga rw'Abikorera (PSF) guha serivisi nziza ababagana. Ku munsi w'Umuganura wabaye…

Umwana na Se bafashwe bakekwaho kwica umuntu (Audio)

Gisagara: Umugabo n'umuhungu we bafashwe bakekwaho kwicisha agafuni umukecuru w'imyaka 66. Ubuyobozi bw'Umurenge wa Save, buvuga ko hari abantu babiri…

Ruswa y’igitsina: Vice Mayor wa Nyamagabe yarekuwe by’agateganyo

Ubushinjacyaha bwarekuye Umuyobozi wungirije Ushinzwe Imibereho myiza y'abaturage mu Karere ka Nyamagabe Uwamariya Agnès, bumutegeka kujya yitaba. Umuvugizi w'Urwego rw'Ubushinjacyaha,…

Muhanga: Bari bambaye nk’abarwanya icyorezo – inzoga z’agaciro ka miliyoni 40Frw zamenwe

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko bumaze kumena no kwangiza inzoga zitujuje ubuziranenge zifite agaciro karenga miliyoni 40Frw. Uyu ni…

Niba ufite umutima utabara, fasha Bagiriwabo Ashimwe ajye kuvuzwa mu Buhinde

*MINISANTÉ yemeye kwishyura ubuvuzi bwa Bagiriwabo mu Buhinde *Ntibihagije umubyeyi we arasabwa arenga miliyoni 7Frw y'itike, kubatunga no gucumbika  *Iradukunda…

Muhanga – Uruganda rwafunzwe “ngo rukora inzoga zitujuje ubuziranenge”

*Nyiri uruganda ngo yari yarafashe inguzanyo ya miliyoni 100Frw yo kubaka uruganda, arahombye Inzego z'Ubuyobozi mu Karere ka Muhanga zafunze…

Umusaza yikubise hasi arapfa

Muhanga: Hakuzimana Isaïe w'imyaka 60 y'amavuko yahanutse ku mukingo muremure ahita apfa. Umurambo wa Hakuzimana Isaïe wabonetse mu gitondo cyo…

Muhanga: Ubuyobozi bwasenye inyubako z’Ishuri ryigenga

Uwimabera Anastasie washinze Ishuri ryigenga ribanza, avuga ko yashenguwe n'icyemezo Akarere ka Muhanga kafashe cyo kurisenya. Uwimabera Anastasie avuga ko…

Umuyobozi ushinjwa kwaka “ruswa y’igitsina” yahagaritswe ku kazi

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Musebeya mu Karere ka Nyamagabe, yahagaritswe ku kazi by'agateganyo mu gihe cy'amezi atandatu. Nkurikiyimana Pierre, wari…