Elisée MUHIZI

446 Articles

Umukecuru w’imyaka 72 yasanzwe amanitse mu giti

Umukecuru witwa Nyirakimonyo Valeriya w'imyaka 72 yasanzwe amanitse mu giti mu Mudugudu wa Nyarubuye, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Kibangu…

Gitifu mushya wa Nyamabuye yahawe umukoro

MUHANGA – Umunyamabanga Nshingwabikorwa mushya w'Umurenge wa Nyamabuye, Gihana Tharcisse, yasabwe gushyira imbaraga mu gukora ubuvugizi kugira ngo ibikorwa remezo…

Nyamagabe: Umwana yishwe n’inzoga zitujuje ubuziranenge

Umwana w’imyaka 13 yapfuye azize inzoga zitujuje ubuziranenge yanywereye mu bukwe, abandi 37 zibagiraho ingaruka, bakaba barwariye kwa Muganga. Byabereye…

Ruswa y’igitsina – Visi Mayor muri Nyamagabe na we arafunzwe

Umuyobozi wungirije Ushinzwe Imibereho myiza y'abaturage mu Karere ka Nyamagabe, Uwamariya Agnès biravugwa ko yatawe muri yombi. Amakuru UMUSEKE ukesha…

Muhanga: Umushoramari arashinjwa kwigomeka kuri Leta

Nyabyenda Emmanuel ukora ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro mu Murenge wa Rugendabari, arashinjwa kwica amabwiriza y’Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz…

Muhanga: Ba Gitifu bamwe bahinduriwe Ifasi bayoboraga

Muhanga: Ba Gitifu batandatu bahinduriwe ifasi bayoboraga, batandatu bandi baguma mu Mirenge basanzwemo. Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge batandatu kuri 12 igize…

Umugore wari mu nzu n’umugabo we yasanzwe mu buriri yapfuye

Muhanga: Rerabo Francine w'Imyaka 40 y'amavuko, yapfiriye mu nzu yarimo n'umugabo we, wavuze ko yumvise atangiye kuruka agira ngo ni…

Umuyobozi akurikiranyweho “kwaka ruswa y’igitsina”

Nyamagabe: Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Musebeya, Nkurikiyimana Pierre yatawe muri yombi. Amakuru UMUSEKE ukesha bamwe mu batuye mu Murenge wa…

Muhanga: Abashakanye bibukijwe inshingano zikomeye batuzuza

Mu gikorwa cy'umuganda ngarukakwezi, Meya Kayitare Jacqueline yanenze bamwe mu bashakanye bateshutse ku nshingano z'urugo bakaba bibera mu tubari. Mu…

Hatoraguwe umurambo w’umuntu utazwi

Kamonyi: Ubuyobozi bw'Umurenge wa Runda, buvuga ko bwatoye umurambo w'umugabo utazwi uri mu kigero cy'imyaka 30, bugakeka ko yazize abagizi…