Elisée MUHIZI

364 Articles

Inzego z’umutekano zafunze abagabo babiri n’umugore nyuma y’urupfu rw’umugabo

Ruhango: Urwego rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abagabo babiri n’umugore bakurikiranyweho icyaha cy’urugomo. Aba baturage 3, bafunzwe nyuma y'uko mu Kagari…

Abagabo babiri bari guhigishwa uruhindu

Ruhango: Abagabo babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo bagatoroka bari guhigishwa kuburirwa hasi no hejuru ngo baryozwe iicyo cyaha. Inzego zitandukanye…

Minisitiri w’Intebe yahamije ko u Rwanda rutazatezuka ku kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin yavuze ko kurwanya Ingengabitekerezo…

Miliyari zisaga 6 Frw zigiye gushorwa mu ikorwa ry’umuhanda Cyakabiri-Nyabikenke

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko imirimo yo gukora umuhanda uva mu Cyakabiri ukagera ku Bitaro bya Nyabikenke uzatwara Miliyari…

Muhanga: Basanga abenshi mu bahakoze Jenoside ari abahavuka

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abatanze ibiganiro bavuga ko abenshi mu bakoze Jenoside mu…

Impuguke mu ishoramari zemeza ko kugura impapuro mpeshamwenda byungura

Muhanga: Impuguke mu by’ubukungu zivuga ko gushora imari mu mpapuro mpeshamwenda bitanga Inyungu ku kigero cyo hejuru. Impuguke mu by’ubukungu…

HOWO yatwaye ubuzima abantu bane

Nyanza: Impanuka y’Imodoka yabereye mu Karere ka Nyanza, yatwaye ubuzima bw'abasore bane. Mu ijoro ryo ku wa 28 Werurwe, 2026…

i Muhanga hubatswe sitasiyo ya mbere y’imodoka zikoresha amashanyarazi

Muhanga: Imodoka zikoresha amashanyarazi ziganjemo za Bisi (Bus) zegerejwe sitasiyo zizajya zongererwaho umuriro zikoresha. Mu gikorwa cyo gutaha ku mugaragaro…

Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO imaze icyumweru mu mugezi

Muhanga: Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yari igiye gupakira umucanga, imaze icyumweru  mu mugezi wa Bakokwe. Iki kibazo cy’imodoka…

Kamonyi: Umugabo birakekwa ko yiyahuye

Amakuru UMUSEKE wamenye avuga ko uwitwa Barabwiriza Vénuste w’Imyaka 57 y’amavuko yasanzwe mu nzu ari mu mugozi, bikavugwa ko ashobora…