Inama Njyanama y'Akarere ka Muhanga yemeje ko hazakoreshwa miliyari 37.5 y'u Rwanda, inagaragarizwa uko ayo mafaranga azakoreshwa harimo ayagenewe ibikorwa…
Polisi y' u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi, yafashe abagabo bane bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw'umugabo abaturage basanze…
Muhanga: Ishuri ryigenga, AHAZAZA ryahembye abanyeshuri batatu bahize bagenzi babo barenga 600 baryigamo batsinda neza, bakaba bagenewe igihembo ubwo hizihizwaga imyaka…
Kamonyi: Urukuta rw'amabuye rwubakwa ahazajya hahagarara amakamyo rwagwiriye abantu batanu, batatu muri bo bahita bapafa. Byabereye mu Mudugudu wa Buhoro,…
Nduwimana Pascal w’imyaka 42 y'amavuko wo mu Karere ka Ngoma yishwe aciwe ijosi n'abantu batarakenyekana. Urupfu rw'uyu mugabo rwabereye mu…
Kamonyi: Umugabo n’umugore we barakekwaho kwica umwana w’imyaka ibiri bari basigiwe n’abaturanyi babo bagiye mu mirimo. Ibi byabereye mu Mudugudu…
Nyamagabe: Amakuru UMUSEKE wahawe avuga ko uyu Nyaminani Vianney umuhungu wa Ruhara Charles umusaza wari waragize amahirwe yo kuramba, kuko…
Muhanga: Inzego zitandukanye z'Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga zashimiye ba Malayika Murinzi umusanzu batanga wo kurerera abana mu muryango. Babivuze mu…
Ruhango: Umuhungu uri mu kigero cy'imyaka 17 y'amavuko birakekwa ko yapfuye yiyahuye akoresheje imiti, ubuyobozi buvuga ko nta raporo y'amakimbirane…
Umuyobozi w'Akarere ka Kamonyi Dr Nahayo Sylvère yabwiye UMUSEKE ko imurikabikorwa batangije rizarangira abaturage bakirigita ifaranga. Imurikabikorwa ry'iminsi 10 ryateguwe…
Sign in to your account