Elisée MUHIZI

431 Articles

Muhanga: Mu ngengo y’imali y’umwaka 2026 – 2027 hazakoreshwa hafi miliyari 37.5Frw

Inama Njyanama y'Akarere ka Muhanga yemeje ko hazakoreshwa miliyari 37.5 y'u Rwanda, inagaragarizwa uko ayo mafaranga azakoreshwa harimo ayagenewe ibikorwa…

Kamonyi: Umugabo yasanzwe kuri kaburimbo yapfuye

Polisi y' u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi, yafashe abagabo bane bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw'umugabo abaturage basanze…

Abanyeshuri batsinze neza ku Ishuri AHAZAZA bagabanye Frw 1000,000

Muhanga: Ishuri ryigenga, AHAZAZA ryahembye abanyeshuri batatu bahize bagenzi babo barenga 600 baryigamo batsinda neza, bakaba bagenewe igihembo ubwo hizihizwaga imyaka…

Urukuta rwahitanye abantu batatu

Kamonyi: Urukuta rw'amabuye rwubakwa ahazajya hahagarara amakamyo rwagwiriye abantu batanu, batatu muri bo bahita bapafa. Byabereye mu Mudugudu wa Buhoro,…

Ngoma: Umugabo yishwe n’abamusanze iwe mu rugo

Nduwimana Pascal w’imyaka 42 y'amavuko wo mu Karere ka Ngoma yishwe aciwe ijosi n'abantu batarakenyekana. Urupfu rw'uyu mugabo rwabereye mu…

Umugabo n’umugore barakekwaho kwica umwana w’umuturanyi

Kamonyi: Umugabo n’umugore we barakekwaho kwica umwana w’imyaka ibiri bari basigiwe n’abaturanyi babo bagiye mu mirimo. Ibi byabereye mu Mudugudu…

Umugabo arakekwaho kwica Se wari ufite imyaka irenga 100

Nyamagabe: Amakuru UMUSEKE wahawe avuga ko uyu Nyaminani Vianney umuhungu wa Ruhara Charles umusaza wari waragize amahirwe yo kuramba, kuko…

Barera abana “badafite ubitaho” badategereje inyungu – ba Malayika Murinzi babishimiwe

Muhanga: Inzego zitandukanye z'Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga zashimiye ba Malayika Murinzi umusanzu batanga wo kurerera abana mu muryango. Babivuze mu…

Umusore w’Imyaka 17 birakekwa ko yaba yiyahuye

Ruhango: Umuhungu uri mu kigero cy'imyaka 17 y'amavuko birakekwa ko yapfuye yiyahuye akoresheje imiti, ubuyobozi buvuga ko nta raporo y'amakimbirane…

Kamonyi: Biteguye umusaruro mu murikabikorwa ry’iminsi 10

Umuyobozi w'Akarere ka Kamonyi Dr Nahayo Sylvère yabwiye UMUSEKE ko imurikabikorwa batangije rizarangira abaturage bakirigita ifaranga. Imurikabikorwa ry'iminsi 10  ryateguwe…