Afurika

M23 yigambye ko yashwanyaguje igifaru cya FRDC

Inyeshyamba za M23 zavuze ko zangije ikindi gifaru cy’ingabo za Leta ya

Uhuru Kenyatta yerekeje i Kinshasa mu rwego rwo gushakira amahoro akarere

Kuri iki Cyumweru, Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yagiranye ibiganiro na Uhuru Kenyatta, wayoboye

Congo yaguze intwaro habura uwemera kuzibatwarira

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo, akaba na Visi Minisitiri w’Intebe, Christophe Lutundula

Abanye-congo bavuga Ikinyarwanda bagiranye ikiganiro na Perezida Tshisekedi

Ibiro bya Perezida muri Congo, bivuga ko  umukuru w’icyo gihugu, Félix-Antoine Tshisekedi

Mushiki wa Kabila yashinje u Rwanda kudurumbanya umutekano wa Congo

Mushiki w’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila, yatangaje ko Congo ishaka

RDC: Umurusiya n’Umugande bapfiriye mu mpanuka y’indege

Umudereva w’indege ufite ubwenegihugu bwa Uganda  n'undi  bivugwa ko ari Umurusiya byemejwe

M23 si umutwe w’ibyihebe, barwanira uburenganzira bwabo – Gen Muhoozi

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, akaba n’umujyanama we mu by’umutekano, yavuze ko

UPDATE: Impanuka y’indege yahitanye abantu 19 muri Tanzania

UPDATE: Impanuka y’indege itwara abagenzi yabaye ku Cyumweru mu gitondo, yahitanye abantu

Abasore n’inkumi barinjira mu gisirikare ku bwinshi, i Goma abarenga 2000 bariyandikishije

Umuvugizi w'ingabo za DR Congo avuga ko urubyiruko rw'Abanye-Congo rubarirwa mu bihumbi

Kenya yatanze inkunga y’ibiribwa ku baturage ba Somalia

Igihugu cya Kenya cyatanze inkunga y’ibiribwa yihutirwa ku baturage ba Somalia bugarijwe

Tshisekedi yasabye Abanye-Congo guhaguruka n’iyonka “bakarwana intambara”

*Ni Dipolomasi cyangwa intambara," *U Rwanda ngo ruteza intambara rugamije kwiba amabuye

Uganda ntishaka intambara muri Congo, irifuza ko habaho ibiganiro

Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda, Lt Gen Peter

MONUSCO yasobanuye uko abaturage batwitse imodoka zayo, babiri bagakomereka

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro muri Congo, MONUSCO zaraye zihuye n’uruba

Perezida wa Tanzania aratangira uruzinduko rw’iminsi 3 mu Bushinwa

Ibiro by’Umukuru w’igihugu muri Tanania, byatangaje ko Perezida Samia Suluhu Hassan atangira

Abaturage batwitse imodoka za MONUSCO

Ibitangazamakuru bikorera mu Burasirazuba bwa Congo bivuga ko ku mugoroba wo kuri