Afurika

Inyeshyamba za M23 zabwiye amahanga ko “zishobora kugabwaho igitero”

Mu itangazo ryasohowe n'umutwe wa M23 umaze iminsi uhanganye n'ingabo za Leta

Africa: Abarwayi 2 bishwe na Virusi ya Marburg mu gihe 98 bari mu kato

Igihugu cya Ghana cyemeje ko abantu babiri bishwe na Virusi ya Marburg

Mu burambe afite, Perezida Museveni yasabye Congo gukemura ikibazo cya M23 mu biganiro

Perezida Yoweri Museveni ku wa Kane yakiriye intumwa zavuye muri Congo zoherejwe

Perezida José Eduardo dos Santos, wayoboye Angola yatabarutse

José Eduardo dos Santos wari ufite imyaka 79, akaba yarabaye Perezida wa

Inyeshyamba za M23 zongeye gukozanyaho n’ingabo za Leta ya Congo

Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Congo, avuga ko inyeshyamba za M23 zongeye

Inama ya Perezida Kagame na Tshisekedi yashyize inyeshyamba za M23 mu ihurizo

Mu gihe Abakuru b'Ibihugu by'u Rwanda na Congo Kinshasa mu biganiro bahuriyemo

Imfungwa zisaga 400 zirimo abarwanyi ba Boko Haram zatorotse gereza

Nigeria: Nibura imfungwa 400 zaburiwe irengero bivuye ku gitero cyagabwe kuri gereza

Ingabo za Congo zirukanywe mu duce 15 twari mu nkengero z’ibirindiro bya M23

Inyeshyamba za M23 zikomeje kotsa igitutu ingabo za Leta ya Kinshasa mu

Congo yahaye inzu zigezweho Abasirikare bakuru muri FARDC – AMAFOTO

Perezida wa Congo Kinshasa, Antoine Félix Tshisekedi yashyikirije inzu z’akataraboneka abasirikare bakuru

Ingabo za Congo zigambye kwica abarwanyi 27 ba M23, Major Ngoma yabiteye utwatsi (VIDEO)

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zigambye ko mu mirwano yazihuje

M23 yigambye ko yafashe ikibuga cy’indege cya Rwankuba n’ibitaro byaho

Inyeshyamba za M23 zikomeje guhangana n’ingabo za Leta ya Congo, ku rukuta

Amakimbirane ashingiye ku butaka yaguyemo abantu barenga 30 muri Cameroon

Abantu bagera kuri 30 barimo abagore n’abana biciwe mu mvururu zishingiye ku

Inyeshyamba za M23 zanyomoje iby’urupfu rwa Gen Sultani Makenga

Si bwo bwa mbere muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo amakuru asakaye

 “Navuze ko Uganda n’u Rwanda ari igihugu kimwe” – Gen Muhoozi

Imihanda y’i Kigali yari yuzuye abaturage, buriye inzu ndende ngo barebe Mzee,

Ibiro bya Tshisekedi byamaganye ibihuha byo kugirana amasezerano na Perezida Kagame

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu muri Congo Kinshasa byamaganye abakwirakwiza ibihuha bavuga ko Perezida