Afurika

DRC: Impanuka y’amashanyarazi yahitanye abantu 25

Kuri uyu wa Kabiri ku isoko ryitwa Matadi Kibala impanuka yatewe n’amashanyarazi

Coup d’Etat yo muri Guinea-Bissau yaburijwemo bamwe mu basirikare baricwa

Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Sissoco Embalo yatangaje ko nyuma y’urufaya rw’amasasu

Perezida Museveni yatangije icyiciro cya kabiri cy’urugamba cy’ingabo ze muri Congo

Ku Cyumweru Perezida Yoweri Museveni yagiranye inama n’itsinda ryavuye muri Repubulika ya

DRC: Abarwanyi barenga 10 ba M23 biciwe mu mirwano

Ingabo za Leta ya Congo zivuga ko zishe abarwanyi 11 b’inyeshyamba za

Abasirikare 2 ba Senegal biciwe muri Gambia abandi 9 baburirwa irengero

Igisirikare cya Senegal cyatangaje ko babiri mu ngabo zacyo bishwe abanda 9

Uganda iteye indi ntambwe mu kubyutsa umubano n’u Rwanda, Umuyobozi ukuriye ubutasi (CMI) yasimbujwe

*Maj. Gen Kandiho “yavuzweho guhohotera Abanyarwanda” Ishobora kuba ari indi ntambwe ikomeye

Perezida wa Malawi yirukanye Guverinoma yose ayishinja ruswa

Lazarus Chakwera, Perezida wa Malawi yirukanye abagize Guverinoma ye bose abashinja ruswa.

Burkina Faso: Coup d’Etat yahiye, abasirikare bayikoze bavuze ijambo kuri Televiziyo

UPDATE: Abaturage ba Burkina Faso n'Isi muri rusange biriwe mu gihirahiro nyuma

Liberia: Abari mu ikoraniro ry’amasengesho batewe n’abitwaje ibyuma hapfa 29

Nibura abantu 29 barimo abana 11 n’umugore utwite bishwe n’umubyigano ubwo abantu

Umuvugizi wa Guverinoma ya Somalia yakomerekeye mu gitero cy’ubwiyahuzi

Mohamed Ibrahim Moalimuu yajyanywe kwa muganga kuvurwa ibikomere nyuma yo guturikanwa n’igisasu

Goma: Imyigaragambyo y’abamotari yahagaritse ubuzima nyuma y’iraswa rya mugenzi wabo

Muri Kivu ya Ruguru mu Mujyi wa Goma, ku gicamunsi cyo kuri

Congo yacyuye Abanyarwanda “bari bahunze inkingo za COVID-19”

Abanyarwanda barenga 100 bavugaga ko bahunze inkingo za Covid-19 bakajya ku kirwa

Burundi: Hatoraguwe umurambo w’umusirikare wishwe anizwe

Hatoraguwe umurambo w'Umusirikare w'Uburundi witwa Nahimana Vianney yishwe anizwe hafi y'umugezi witwa

Ubushinwa bwateye utwatsi ibyo kugusha Africa mu mutego w’amadeni itazishyura

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga w'Ubushinwa, Wang Yi ku wa Kane, tariki 6 Mutarama

“Uzahirima”, umuhanzi Bobi Wine yavuze ko yakoze mu nganzo abwira Museveni

Umuhanzi akaba n’umunyepoliki utavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda, Robert