Afurika

Abanyarwanda Niger idashaka ku butaka bwayo bongereweho iminsi 30 yo kuhaba

Leta ya Niger yabaye ihagaritse kwirukana Abanyarwanda umunani bahimuriwe bakuwe muri Tanzania,

Perezida wa Mozambique n’umugore we banduye COVID-19

Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique ndetse n’umugore we Isaura Nyusi bapimwemo icyorezo

Minisitiri w’Intebe wa Sudan yeguye ku mwanya we muri Leta iyobowe n’Abasirikare

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Abdalla Hamdok yatangaje ko yeguye kuri uyu mwanya

Tanzania igiye gusaba umwenda wo kubaka umuhanda wa Gari ya moshi uzagera mu Rwanda

Leta ya Tanzania yatangaje ko igiye kwaka inguzanyo yamafaranga azafasha kubaka umuhanda

Igitero cy’ubwiyahuzi muri DR.Congo cyahitanye 6 kuri Noheli

Ubuyobozi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwatangaje ko nibura abantu 6

Indi Ntwari ya Africa yatabarutse, Musenyeri Desmond Tutu yapfuye afite imyaka 90

Musenyeri Desmond Tutu yahawe igihembo kiruta ibindi mu guharanira amahoro, Nobel Peace

Impaka zikomeye zatumye ingumi zabira hagati y’Abadepite

Ghana: Impaka zishyushye zatewe n’umusoro uzajya utangwa ku mafaranga anyuzwa kuri telefoni

Perezida Cyril Ramaphosa yanduye Covid-19 ahita ajya mu kato

Ku Cyumweru Ibiro by’Umukuru w’igihugu muri Africa y’Epfo byatangaje ko Perezida Cyril

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yafashije imbunda hasi asubira mu biro

Ibiro bya Minisitiri w'Intebe muri Ethiopia byatangaje ko Dr Abiy Ahmed yasubiye

Adama Barrow yongeye kugirirwa icyizere mu Matora ya Perezida muri Gambia

Adama Barrow yongeye gutorwa nka Perezida wa Gambia ahigitse abo bari bahanganye

Umuhungu wa Col. Gaddafi yemerewe kwiyamamariza kuyobora Libya

Urukiko rwo muri Libya kuri uyu wa Kane rwemeje ko Seif al-Islam

Inyeshyamba za ADF zatangiye kugabwaho ibitero by’indege n’ingabo za Uganda ziri muri Congo

Igisirikare ca Uganda cyatangije urugamba ku mutwe w'inyeshyamba za ADF ufatwa nk'uwiterabwoba,

Museveni yashyikirije Leta ya Tanzania ishuri yubatse mu gace Magufuli avukamo

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ugushyingo, 2021 Perezida wa Uganda, Yoweri

Perezida Cyril Ramaphosa yamaganye amahanga akomeje gushyira mu kato igihugu cye

Perezida wa Africa y’Epfo yagaragaje ko adashyigikiye icyemezo cy’amahanga akomeje kubuza indege

“Umurundi” yafatiwe Kisoro yerekeza Kampala ahetse imbunda 2

Inzego zishinzwe umutekano mu Karere ka Kisoro muri Uganda zataye muri yombi