Afurika

Perezida Ndayishimiye yitabiriye inama yiga ku bibazo by’Akarere i Nairobi

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu bishinzwe itumanaho n'itangazamakuru no kuvugira Perezida mu Burundi byatangaje

Yahanishijwe igihano cy’urupfu kubera kwiba imodoka yo mu biro bya Perezida

Umukanishi yahawe igihano cyo kwicwa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwiba imwe

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Centrafrica zambitswe imidari

Perezida wa Central African Republic, Prof. Faustin Archange Touadéra yambitse imidari y’ishimwe

DRC: Lt. Colonel n’umugore we bahitanywe n’ikintu cyaturikiye mu kabari

Minisisteri ishinzwe itangazamakuru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yavuze ko abantu

Urukiko rwahannye abishe Thomas Sankara

Blaise Compaoré wahiritswe ku butegetsi muri Burkina Faso yahanishijwe igifungo cya burundu

Mozambique: Umukobwa wahambwe muri 2021 bamubonye ari muzima “bati yazutse”

Umwana w'umukobwa iwabo batuye mu Majyaruguru ya Mozambique byari byemejwe ko yapfuye

Uganda n’u Burundi bagiye kugirana inama idasanzwe

Igihugu cya Uganda n’icy’u Burundi bigiye kugirana inama ya gatatu ya Komisiyo

Umurundi yemereye impunzi z’Abanya-Ukraine imfashanyo y’ibilo 100 by’ibigori

Adrien Nimpagaritse, Umurundi uzi ubuhunzi kuko yigeze guhungira muri Tanzania, yatanze ibilo

Muhoozi yashimiye Perezida Kagame ku mahirwe akomeye yamuhaye

Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba

RDC: Amarenga ku igaruka ku butegetsi kwa Joseph Kabila

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, amakenga ni menshi ku igaruka ku

Perezida Museveni ntakozwa iby’uko umuhungu we asezera mu gisirikare cya UPDF

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yangiye umuhungu we Lt Gen Muhoozi

Bitunguranye Lt.Gen Muhoozi umuhungu wa Museveni yasezeye mu Gisirikare

Umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda, Lt.Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko nyuma

U Burundi bwasobanuye impamvu hari Abarundi bashakaga kwinjira mu Rwanda bakagarukira ku mupaka

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Burundi, Albert Shingiro yavuze ko iki Gihugu

Gen Muhoozi yashimye Perezida Kagame ku cyemezo cyo gufungura imipaka yo ku butaka

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, akaba Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwandira ku butaka

Ingabo za Congo zataye muri yombi kizigenza mu ikoranabuhanga wa ADF

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zataye muri