Amahanga

AMAFOTO: Perezida w’u Burundi yagiye gusarura ibirayi ataha abyikoreye

Ni gake Umukuru w’Igihugu agaragara ari kumwe na rubanda rwa giseseka bakunkumura

Perezida wa Turukiya ari mu ruzinduko rw’akazi muri Africa yahereye i Kinshasa

Ku Cyumweru nibwo Perezida Recep Tayyip Erdoğan yageze i Kinshasa ndetse agirana

Umugore wa Perezida Macron yamaze kugeza mu nkiko abamusebeje ko yihinduje igitsina

Brigitte Macron, umugore wa Perezida Emmanuel Macron, yamaze kugeza mu nkiko abagore

Guhura kwa Perezida Samia na Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi byakoze benshi ku mutima

Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yabonanye na Tundu Lissu umwe

Guverinoma ya Uganda yamaganye amakuru y’uruzinduko rwa Gen Saleh mu Rwanda

Nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru yagarukaga ku by’uruzinduko rwa General

DRCongo: Abaharanira Uburenganzira bwa Muntu bongeye gushinja Kabila kwivugana mugenzi wabo

Mu rubanza rwa Sosiyete Sivile ziharanira uburenganzira bwa muntu muri DRC ziregamo

America yohererejwe uwahoze ari Perezida ukomeye ukekwaho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge

Uwahoze ari Perezida wa Honduras, Juan Orlando Hernández, yatawe muri yombi, ahita

Perezida Evariste Ndayishimiye agiye kugirira uruzinduko rwa mbere i Burayi

Perezida w'Uburundi, Evariste Ndayishimiye, ku nshuro ya mbere agiye gukorera uruzinduko rw'akazi

Ukraine: N’abakecuru ntibasigaye!! Abaturage bari kwigishwa kurasa ngo bazirwaneho urugamba nirwambikana

Mu gihe intambara ikomeje gututumba hagati y’u Burusiya na Ukraine, igisirikare cyo

Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zishe inyeshyamba 2 zibohora Ruvuma na Pundanhar

Ingabo z’u Rwanda (RDF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara

Burkina Faso: Ubufaransa bwishe abarwanyi 40 buhorera uwahoze mu ngabo zabwo wishwe

Ingabo z’Ubufaransa zavuze ko mu gitero zagabye muri Burkina Faso zishe abarwanyi

Libya: Inteko yatoye Minisitiri w’Intebe mushya nyamara usanzweho yavuze ko azagumaho

Inteko Ishinga Amategeko ya Libya yatoye Ministiri w’Intebe mushya ari we; Fathi

Uganda yategetswe guha Congo Kinshasa indishyi ya za miliyoni z’amadolari ku bw’intambara yahateje

Uganda yategetswe kuriha Repubulika ya Demokarasi ya Congo miliyoni 325 z'amadolari y'Amerika

Cabo Delgado: Ibyihebe byari byarigize ndanze, ubu aho byumvise RDF amaguru biyabangira ingata

Intara ya Cabo Delgado iri mu Majyaruguru ya Mozambique ikaba imwe mu

Maj Gen Kandiho wikomwa n’u Rwanda yagizwe umuyobozi ukomeye wa Polisi ya Uganda

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, kuri uyu wa Kabiri tariki ya