Umusirikare wa FARDC yarashe amasasu 17 umuyobozi we
Goma: Umusirikare wo mu ngabo za Congo yarashe mugenzi we umukuriye amuziza…
Abanya-Nigeria bariye karungu nyuma yaho Perezida aguriwe indege
Abanya-Nigeria benshi barakaye cyane nyuma yaho Perezida Bola Tinubu aguriwe indege nshya.…
Ijoro ribi i Goma abaturage baraye bumva amasasu
Abatuye umujyi wa Goma bumvise amasasu yavuze ku mugoroba wo ku wa…
Perezida wa Gabon yabujije abagize Guverinoma kujya kwinezeza mu mahanga
Perezida w’inzibacyuho wa Gabon Brice Oligui Nguema yabujije abakozi ba guverinoma kujya…
RDC: Abarenga 200 baburiwe irengero mu mpanuka y’ubwato
Kugeza n’ubu nta makuru araboneka ku bantu 200 baburiwe irengero mu mpanuka…
Mu myaka ibiri u Burundi ntibuzaba busaba inkunga amahanga-Ndayishimiye
Varisito Ndayishimiye umukuru w'igihugu cy'u Burundi yavuze ko igihugu cye gifite ibishoboka…
Uwakekwagaho kwica abagore barenga 40 yatorotse gereza
Uwari ukurikiranyweho ubwicanyi karundura bw’abagore 42 mu bice bya Nairobi muri Kenya,…
Abanyamulenge bashinze ibuye ry’urwibutso rw’abiciwe mu Gatumba
Abanyamulenge batuye mu Bwongereza, i Burayi no ku mugabane w'Amerika bibutse ababo…
SADC yicinye icyara ku bufasha yahawe bwo guhashya M23
Abakuru b'ibihugu bigize umuryango w'ubukungu bya Afurika yo mu majyepfo (SADC) bashimagije…
Byagenze gute ngo Ndayishimiye yiyemeze kuyora imyanda yugarije Bujumbura ?
Ku wa 10 Myandagaro (Kanama) 2024, Perezida Evariste Ndayishimiye yafashe icyemezo cyo…
Burundi : Impano ya Perezida wa Tchad yafungishije ibikomerezwa
Abapolisi batatu, abasirikare babiri mu barinda Ndayishimiye Evaliste, n’abandi basirikare babiri ba…
Umunyamakuru Irangabiye wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 10 yarekuwe
Burundi : Umunyamakuru Irangabiye Floriane wari warakatiwe igifungo cy' imyaka 10 ,…
Gen Muhoozi yanyuzwe n’uko yakiriwe mu Rwanda
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen…
‘Drone’ ya Uganda yashwanyaguriwe muri Congo
Indege bikekwa ko ari iy’ubutasi bwa Uganda, ifite ibirango SF010 yashwanyaguriwe muri…
Perezida wa Afurika Y’Epfo na João Lourenço baganiriye ku bibera muri Congo
Perezida Cyril Ramaphosa yaganiriye na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, ku…