Amahanga

Umusirikare wa FARDC yarashe amasasu 17 umuyobozi we

Goma: Umusirikare wo mu ngabo za Congo yarashe mugenzi we umukuriye amuziza

Abanya-Nigeria bariye karungu nyuma yaho Perezida aguriwe indege

Abanya-Nigeria benshi barakaye cyane nyuma yaho Perezida Bola Tinubu aguriwe indege nshya.

Ijoro ribi i Goma abaturage baraye bumva amasasu

Abatuye umujyi wa Goma bumvise amasasu yavuze ku mugoroba wo ku wa

Perezida wa Gabon yabujije abagize Guverinoma kujya kwinezeza mu mahanga

Perezida w’inzibacyuho wa Gabon Brice Oligui Nguema yabujije abakozi ba guverinoma kujya

RDC: Abarenga 200 baburiwe irengero mu mpanuka y’ubwato

Kugeza n’ubu nta makuru araboneka ku bantu 200 baburiwe irengero mu mpanuka

Mu myaka ibiri u Burundi ntibuzaba busaba inkunga amahanga-Ndayishimiye

Varisito Ndayishimiye umukuru w'igihugu cy'u Burundi yavuze ko igihugu cye gifite ibishoboka

Uwakekwagaho  kwica abagore barenga 40 yatorotse gereza

Uwari ukurikiranyweho ubwicanyi karundura bw’abagore 42  mu bice bya Nairobi muri Kenya,

Abanyamulenge bashinze ibuye ry’urwibutso rw’abiciwe mu Gatumba

Abanyamulenge batuye mu Bwongereza, i Burayi no ku mugabane w'Amerika bibutse ababo

SADC yicinye icyara ku bufasha yahawe bwo guhashya M23

Abakuru b'ibihugu bigize umuryango w'ubukungu bya Afurika yo mu majyepfo (SADC) bashimagije

Byagenze gute ngo Ndayishimiye yiyemeze kuyora imyanda yugarije Bujumbura ?

Ku wa 10 Myandagaro (Kanama) 2024, Perezida Evariste Ndayishimiye yafashe icyemezo cyo

Burundi : Impano ya Perezida wa Tchad yafungishije ibikomerezwa

Abapolisi batatu, abasirikare babiri mu barinda Ndayishimiye Evaliste, n’abandi basirikare babiri ba

Umunyamakuru Irangabiye wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 10 yarekuwe

Burundi : Umunyamakuru Irangabiye Floriane wari warakatiwe igifungo cy' imyaka 10 ,

Gen Muhoozi yanyuzwe n’uko yakiriwe mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen

‘Drone’ ya Uganda yashwanyaguriwe muri Congo

Indege bikekwa ko ari iy’ubutasi bwa Uganda, ifite ibirango SF010 yashwanyaguriwe muri

Perezida  wa Afurika Y’Epfo  na João Lourenço baganiriye ku bibera muri Congo

Perezida  Cyril Ramaphosa yaganiriye na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, ku