Amahanga

Gen Makenga byavugwaga ko “yarashwe” yagaragaye yinjiza abarwanyi muri AFC/M23

Abarwanyi bashya 1,518 binjiye mu mutwe udanzwe mu ngabo za AFC/M23 barangije amasomo yabo i Rumangabo. Gen Sultani Makenga ni…

RDC yishimiye ibihano byafatiwe RDF n’abajenerali bane

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko yishimiye ibihano Leta Zunze Ubumwe za America zafatiye Ingabo z’u Rwanda…

America yemeje urupfu rw’abandi basirikare babiri

Leta zunze Ubumwe za America zemeje ko abandi basirikare babiri byemejwe ko bishwe mu bitaro Iran igaba yihimura ku bya…

Ubushinwa bwasabye America na Israel guhagarika ibitero kuri Iran

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'Ubushinwa, Wang Yi yagiranye ibiganiro kuri telefoni na Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Iran, Abbas Araqchi mu byagarutsweho…

UPDATES: Ibyaranze umunsi wa 3 w’Intambara ya America na Israel kuri Iran

Intambara imaze iminsi itatu ibera muri Iran, ariko ikagira ingaruka zitaziguye ku bihugu bicuditse na America ikomeje gufata indi ntera.…

Trump yateguje ‘imfu nyinshi’ z’Abanyamerika mu ntambara na Iran

Perezida Donald Trump yatangaje ko bazihorera ku basirikare batatu ba Leta zunze Ubumwe za Amerika biciwe mu bitero bya Iran,…

- Advertisement -
Ad image