Amakuru aheruka

Mashami Vincent washinjwe umusaruro nkene mu Mavubi yasezerewe

Nyuma y'igihe humvikana amajwi y'abakurikira ruhago nyarwanda n'abanyarwanda muri rusange bijujutira umusaruro

U Burusinya na Ukraine baganiriye ku guhagarika intambara biba nko kumena amazi ku rutare

Kuri uyu wa Kane hongeye kuba ibiganiro hagati y’u Burusiya na Ukraine

Kigali: Hatangijwe imurika ry’inkuru zishushanyije

Mu mujyi wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge kuri uyu wa Gatatu

Uducurama twari tumaze imyaka 40 tutagaragara ku’Isi twasanzwe muri Pariki ya Nyungwe

Inyamaswa y’inyamabere yo mu bwoko bw’uducurama zari zimaze imyaka 40 zitagaragara ahantu

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya n’uwa Ukraine mu biganiro bihanitse

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov na mugenzi we wa Ukraine,

Le Messager Ngozi yemeye ubusabe bw’umukino wa gishuti na Rayon Sports

Le Messager Ngozi yo mu Burundi yemereye Rayons Sports kuzaza gukina umukino

Muhanga: Abiga muri ACEJ Karama babwiwe ko ubumenyi budashingiye ku muco nta kamaro bufite

Abanyeshuri biga mu Ishuri ry'imyuga n'ubumenyingiro bo muri ACEJ/KARAMA bibukijwe ko ubumenyi

Kiyovu SC itegereje gusinyisha umukinnyi mushya w’Umurundi

Umukinnyi witwa KASONGO Benjamin yamaze kugera mu ikipe ya Kiyovu Sports Club,

RIB yafunze Ndimbati ukekwaho gusambanya umwana

Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati muri sinema nyarwanda ari mu maboko

Nyagatare: MINALOC yibajije impamvu hakigaragara igwingira rya 30% kandi yihagije ku mukamo

Umunyambanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu,Hon Ingabire Assoumpta, yibajije impamvu  mu

Nyanza: Abaturage bagorwaga no kugera kuri RIB bishimiye ko yabegereye

Abaturage batuye mu Kagari ka Kadaho mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere

Abadepite basabye ko buri wese wahombeje Leta mu mushinga wa Biogaz atahurwa akabiryozwa

*Mu gihugu hubatswe biogaz 9,647 izigera ku 5,014 zingana na 52% ntizikora

Gakenke: Imvura yasenye ibyumba bitanu by’ishuri inangiza amashanyarazi

Imvura ivanze n'umuyaga yaguye mu masaha ya saa sita n'igice(12h30) yo kuri

Ndimbati ushinjwa n’umukobwa kumusindisha akamutera inda y’impanga yemeye ko asanzwe amufasha

Umukinnyi wa filime Uwihoreye Jean Bosco Mustafa wamamaye muri Papa Sava nka

Bavuga ko ari Putin wabiteye- I.Mbonyi yasekeje abantu ku byabaye mu gitaramo

Umuhanzi Israel Mbonyicyambu uzwi nka Israel Mbonyi yasekeje abantu avuga ku bibazo byabaye