Amakuru aheruka

Gicumbi: Barakataje mu kuvugurura ubworozi bw’ingurube batera intanga za kijyambere

Aborozi b’ingurube mu Karere ka Gicumbi bakomeje kugana uburyo bwo gutera intanga

Kayonza: Umusore yafatiwe mu cyuho amaze kwiba Miliyoni 2,5Frw

Polisi y'uRwanda ikorera mu Karere ka Kayonza ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano

Amajyepfo: Abayobozi basabwe kugira uruhare mu gushishikariza abana kwiga tekiniki

Abayobozi batandukanye bafite aho bahuriye n'uburezi bakorera mu Ntara y'Amajyepfo basabwe kugira

Umunyamategeko “ukekwaho gusaba uwo yunganira gutanga ruswa” Urukiko rwanzuye ko afungwa by’agateganyo

Saa kumi z’umugoroba nibwo inteko y’umucamanza umwe n’umwanditsi w’urukiko yinjiye mu cyumba

Rutsiro: Inyamaswa itazwi ikomeje kurya amatungo ngo “iyishwe siyo”

Bamwe mu borozi baturiye ishyamba rya Gishwati -Mukura mu Turere twa Nyabihu,

Rose Muhando yasabye Abanyarwanda kumwitega mu gitaramo i Kigali

Umuhanzikazi wo muri Tanzania wigaruriye imitima ya benshi mu ndirimbo zo kuramya

Rayon Sports yatsinze Rutsiro FC, Police yo yanyereye i Rusizi

Rayon Sports yatsinze Rutsiro FC, 1-0, mu gihe mu Karere ka Rusizi,

Guhura kwa Perezida Samia na Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi byakoze benshi ku mutima

Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yabonanye na Tundu Lissu umwe

Ruhango: Ambassade y’Ubuyapani yatashye icumbi yubakiye abakobwa biga muri APARUDE

Ambasaderi w'Ubuyapani mu Rwanda Mr Masahiro IMAI, n'inzego zitandukanye batashye 'Dortoir'' y'abakobwa

Guverinoma ya Uganda yamaganye amakuru y’uruzinduko rwa Gen Saleh mu Rwanda

Nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru yagarukaga ku by’uruzinduko rwa General

Karongi: Umugabo n’umugore we basanzwe mu nzu bapfuye

Mu Mudugudu wa Kagari mu Kagari ka Gitega mu Murenge wa Gitesi

DRCongo: Abaharanira Uburenganzira bwa Muntu bongeye gushinja Kabila kwivugana mugenzi wabo

Mu rubanza rwa Sosiyete Sivile ziharanira uburenganzira bwa muntu muri DRC ziregamo

Urukiko rw’i Nyanza rufite dosiye 2,400 zitaraburanishwa zirimo izakiriwe muri 2020

Mu Majyepfo Urukiko rw'Ubujurire rw’i Nyanza rumaze kwakira dosiye 2, 400 zitaraburanishwa,

Umunyamategeko afunzwe azira gusaba uwo yunganira guha ruswa Umucamanza

Ku wa 15 Gashyantare 2022  Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha ifunga

Nyamasheke: Hatashywe ishuri ry’imyuga ryubatswe ku nkunga ya RDB

Kuri uyu wa 16 Gashyantare 2022 mu  Murenge wa Cyato mu Karere