Amakuru aheruka

PNL Day 12: Rayon Sports yaguye miswi na Musanze FC, AS Kigali yatunguwe na Rutsiro FC

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Mutarama 2022, Shampiyona y'icyiciro cya mbere

Goma: Imyigaragambyo y’abamotari yahagaritse ubuzima nyuma y’iraswa rya mugenzi wabo

Muri Kivu ya Ruguru mu Mujyi wa Goma, ku gicamunsi cyo kuri

Rusizi: Fuso yakandagiye umusore ahita apfa

Mu masaa munani n'igice kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Mutarama

Bruce Melodie yasohoye indirimbo ya mbere nyuma yo kwinjira muri 1:55 AM Ltd -VIDEO

Umuhanzi Itahiwacu Bruce ukoresha izina rya Bruce Melodie mu muziki, yasohoye indirimbo

Ngoma: Ukuriye DASSO ku Murenge wa Murama yafashwe yakira ruswa

Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Umuyobozi wa DASSO ku rwego rw'Umurenge

Nyanza: Ushinzwe umutekano mu Mudugudu yatwikiwe inzu, “ashya akaboko”

Ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Kamuvunyi B ho mu Kagari ka Nyarusange

Harakinwa umunsi wa 12 wa Shampiyona, Police FC ntizakinisha Muhadjiri

Mu minsi itatu ikurikiranye kuva tariki 15 kugeza 17, Mutarama 2022, Shampiyona

U Rwanda n’u Burundi abakuru b’ibihugu nabo bafite inyota yo guhura bakaganira – Dr Ismael Buchanan

Imyaka ibaye hafi irindwi umubano w’u Rwanda n’Uburundi ujemo agatotsi  katijwe umurindi

Muhanga: Umugore yasanzwe mu nzu yapfuye hakekwa ko yishwe n’umugabo we

Mu masaha y’umugoroba yo ku wa kane tariki 13 Mutarama 2022 ubwo

Centrafrica: Minisitiri Biruta yasuye ingabo z’u Rwanda azishyiriye ubutumwa bwa Perezida

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yasuye ingabo z’u Rwanda

Bidasubirwaho Rharb Yousef na Ayoub birukanwe Rayon Sports yasohoye itangazo

Rharb Yousef na Lahdaine Ayoub bari abakinnyi ba Rayon Sports nk'intizanyo za

Kayonza: Kwishyuza Mituelle ya 2023 byaratangiye, barinubira guhutazwa n’Abayobozi

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mukarange, Akagari ka Kayonza mu

Novak Djokovic wanze kwikingiza COVID-19 yongeye kwamburwa Visa ye muri Australia

Melbourne, mu murwa mukuru wa Australia, Novak Djokovic yongeye kwamburwa Visa ku

Nyanza FC yabonye undi mufatanyabikorwa uzayifasha mu mikino yayo

Nyuma y'uko Nyanza FC igarutse mu kiciro cya kabiri muri Shampiyona y'u

Congo yacyuye Abanyarwanda “bari bahunze inkingo za COVID-19”

Abanyarwanda barenga 100 bavugaga ko bahunze inkingo za Covid-19 bakajya ku kirwa