Amakuru aheruka

Umugabo yasanganywe uduhanga 24 tw’abantu

Umunya-Uganda witwa Ddamulira Godfrey yasanganywe uduhanga 24 tw’abantu, bikekwa ko yatwifashishaga atamba

Kigali: Imodoka yafashwe n’inkongi  irakongoka

Mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali, imodoka yo mu bwoko

Nyanza: Ubukwe bikekwa ko ari ubw’abagorozi bwahagaritswe bitunguranye

Ibirori byahagaritswe igitaraganya bikekwa ko ababikoraga ari abo mu itorero ryahagaritswe ry’Abagorozi.

MTN Rwanda yagize icyo ivuga ku bwambuzi no gusiragiza abaturage ishinjwa

Sosiyete y’Itumanaho ya MTN , yavuze ko yatangiye gusubiza amafaranga abaturage bayishinjaga

Umunyarwanda ntiyahiriwe no kuyobora OMS muri Afurika

Umunya-Tanzania Dr.  Faustine Engelbert Nduhugulile yatsinze abandi bakandinda bari bahataniye umwanya w'Umuyobozi

Hagiye kwizihizwa Umuganura wahariwe Abana

Inteko y'Umuco yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, mu

Muhanga:  Basabye Minisitiri umuhanda ubahuza na Musanze

Bamwe mu baturage b'Umurenge wa Nyabinoni mu Karere ka Muhanga, babwiye  Umunyamabanga

Ufite ubumuga bwo kutabona ari mu banyeshuri batanu batsinze neza

Jean de Dieu Niyonzima wiga mu ishuri ry’abafite ubumuga bwo kutabona ry’i

Abagizi ba nabi bavunaguye ibiti by’ikawa ya Mudugudu

Nyanza: Umukuru w'Umudugudu wo mu karere ka Nyanza yasanze bamuvunaguriye ibiti mu

Nyanza: Umugore akurikiranyweho kwihekura

Mu karere ka Nyanza hari umugore wari usanganywe  abandi bana akurikiranweho gukuramo

Abashatse guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi basabiwe igihano cyo gupfa

Abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Perezida wa Congo, Felix Tshisekedi, basabiwe igihano cyo

Dosiye ya Musonera wari ugiye kuba Umudepite yageze mu bushinjacyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko dosiye ya Musonera Germain (Jerimani), wari

Dr Biruta yasabye Polisi guhagurukira ikibazo cy’ibiyobyabwenge mu rubyiruko

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta kuri uyu wa kabiri

Abakuru b’ibihugu bya EAC biyemeje gushyigikira Raila Odinga

Abakuru b'ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) biyemeje gushyigikira Raila Odinga