Amakuru aheruka

Abana basabwe gusigwa binogereza

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Batamuriza Mireille, yasabye abana kumva ko nabo bafite inshingano zo kwita ku…

Kayonza- Uyu mwaka urasiga babonye uruganda rukora ‘Azote’

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza bwatangaje ko imirimo yo kubaka uruganda ruzatunganya  umwuka (azote)  yifashishwa mu kubungabunga intanga , igeze ku…

Tshisekedi yageze muri America kureba umukino w’Ingwe

Perezida Félix Tshisekedi yageze i Houston (Texas) ari kumwe na Madamu Denise Nyakeru, bategerejwe muri stade aho bazereba umukino w'ikipe…

Inzoga yakoze ibara muri Nyabihu aho bikekwa ko yishe abantu 6

Nyabihu: Abantu batandatu byemejwe ko bapfuye abandi babiri barembeye kwa muganga, ubuyobozi burasaba abaturage kwirinda kunywa ibyo babonye byose. Mu…

Impamvu Vozinha yarize nyuma yo kugwa miswi na Espagne

Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu ya Cape-Vert, Vozinha, yatangaje ko impamvu yarize cyane nyuma y’umukino w’Igikombe cy’Isi 2026 ikipe ye yanganyijemo 0-0…

Dr Frank Habineza agiye kujyana Leta mu nkiko kubera ‘Transit Centers’

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Senateri Dr. Frank Habineza, yatangaje ko ishyaka rye riteganya kurega Leta…

- Advertisement -
Ad image