Amakuru aheruka

Dr Frank Habineza agiye kujyana Leta mu nkiko kubera ‘Transit Centers’

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Senateri Dr. Frank Habineza, yatangaje ko ishyaka rye riteganya kurega Leta…

EASF iri kwiga uko hanozwa ubufatanye bw’Ingabo

Umutwe w’Ingabo z’Ibihugu byo mu Burasirazuba bwa Afurika ziteguye gutabara mu bihe bikomeye (EASF), uri kugirira inama y’iminsi itatu mu…

APR FC yatandukanye n’abarimo Ishimwe Pierre

Ikipe y’Ingabo ntizakomezanya n’abakinnyi bandi bane barimo umunyezamu, Ishimwe Pierre wari umaze igihe yaratakaje umwanya wo gukina kubera uburwayi bwatumye…

Misiri na Cape-Vert zatangiye neza Igikombe cy’Isi 2026

Ibihugu biri mu bihagarariye Umugabane wa Afurika, Misiri na Cape-Vert, zatangiye zibona inota mu mukino wazo wa mbere w’Igikombe cy’Isi…

Congo: Abarwayi ba Ebola bakomeje kwiyongera

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko abantu bamaze kwandura icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa…

Kamonyi: Biteguye umusaruro mu murikabikorwa ry’iminsi 10

Umuyobozi w'Akarere ka Kamonyi Dr Nahayo Sylvère yabwiye UMUSEKE ko imurikabikorwa batangije rizarangira abaturage bakirigita ifaranga. Imurikabikorwa ry'iminsi 10  ryateguwe…

- Advertisement -
Ad image