Amakuru aheruka

U Rwanda rwasubije ibirego bya Deparitema ya Leta ya America

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko bitumvikana uko Ibiro bya Leta ya America

SADC yateguje kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23

Umuryango w’ibihugu bya Africa y’Amajyepfo, ufite ingabo ziri mu Burasirazuba bwa Congo,

Umurenge Kagame Cup: Ruberengera yegukanye Igikombe

Ikipe y’Umurenge wa Rubengera wo mu Karere ka Karongi ni yo yegukanye

Ngororero: Inkangu yagwiriye inzu yica abana babiri

Imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo kuri wa Gatanu Tariki ya 3

Kamonyi: Bihaye umukoro wo kuvana mu bukene abarenga  6000

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi n'Ihuriro ry'abafatanyabikorwa mu IterambereJADF, biyemeje kuvana mu bukene

Ibisasu byaguye mu nkengero za Goma byahitanye abasivile

Umujyi wa Goma wongeye kubamo ibikorwa bihungabanya umutekano w’abasivile, mu nkambi ya

Muhanga: Umwana yagiye kwiga yambaye umwambaro wa Polisi

Umunyeshuri wiga mu mashuri abanza wo mu Karere ka Muhanga,  yagiye kwiga

Ubworozi bw’Intama, imari ishyushye ku b’I Nyabihu

Akarere ka Nyabihu ni kamwe mu turere turangwamo ubworozi bw’Intama,aho abahatuye bavuga

Umwimukira wa mbere yoherejwe mu Rwanda – Ni amakuru mpamo

Ibinyamakuru byo mu Bwongereza byanditse inkuru y'umwimukira ukomoka muri Africa, woherejwe mu

Ubuyobozi bw’ubwato  ‘Mantis Kivu Queen uBuranga’ bwavuze icyateye impanuka

Ubuyobozi bw’ubwato ‘Mantis Kivu Queen uBuranga’ bukora  nka Hoteli mu  kiyaga cya

Urukiko rwafunze by’agateganyo ukekwaho guha ruswa uyobora RIB muri Nyanza

Urukiko rwafashe icyemezo cyo gufunga by'agateganyo Vedaste Ndizeye wayoboraga kompanyi y'ubucukuzi  bw'amabuye

Rusizi: Urubyiruko rwasabwe kugana ibigo by’urubyiruko kuko bibarinda inda zitifuzwa

Ingimbi n'abangavu bo mu karere  ka Rusizi, basabwe kwitabira ibigo  by'urubyiruko bibutswa

‘Akaboga’ karacyari Imbonekarimwe: Umunyarwanda arya ibiro 8 ku mwaka

Ikigo Gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, kivuga ko umuco wo kurya inyama

RDC: Haribazwa niba Cardinal Fridolin Ambongo agezwa mu nkiko

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hakomeje kwibazwa niba ubucamanza bw’iki gihugu

Muhanga: Biyitiriye ‘CROIX Rouge’  biba  ibicuruzwa bya Miliyoni zirenga 3Frw

Abantu batarafatwa kugeza ubu babeshye umucuruzi ko  baturutse muri Croix Rouge y'u