Imikino

Min Gatabazi yasabye FERWAFA kwita ku misifurire, bitaba ibyo “Football ntaho igana”

Nyuma y’umukino wahuje Kiyovu Sports na Musanze FC, iyi kipe yo mu

CAF Confederation Cup: APR FC i Kigali yanganyije na RS Berkane

Kuri iki Cyumweru “APR FC” yakiriye RS Berkana yo muri Marocco umukino

Umukinnyi Seif yasabye imbabazi Abanyarwanda ku myitwarire yagaragaje muri Kenya

Niyonzima Olivier Seif yandikiye ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) asaba

Stade Umuganda yari yateje impaka yemerewe gukinirwaho

Minisiteri wa Siporo yemeye  ubusabe bwa FERWAFA bwo guha uburenganzira ikipe zakirira

APR FC vs Rayon Sports: Mu bafana 15 bafashwe harimo umukobwa wari wavuye i Nyagatare

Ku wa Gatatu tariki 24 Ugushyingo, 2021, Polisi yerekanye abafana bakoresheje ubutumwa

Umunyamakuru Thierry Ndikumwenayo yahimbye indirimbo ishimagiza Musanze Fc

Ndikumwenayo Thierry usanzwe ari umunyamakuru yahimbye indirimbo y'ikipe ya Musanze Fc yo

Umwaka ushize Rayon Sports ntiyari iriho, ntabwo wakubaka ikipe mu mezi abiri- Masudi 

Umutoza wa Rayon Sports, Masudi Djuma yasabye abakunzi b’iyi kipe kwihangana kuko

Derby y’i Kigali: APR FC itsinze Rayon Sports 2-1 mu mukino w’ishiraniro

Mu mukino w’ishiraniro wari utegerejwe n’imbaga y'abantu benshi, Ikipe ya APR FC

Abasifuzi b’umukino wa Rayon Sports na APR FC bamenyekanye

Harabura amasaha 24 APR FC na Rayon Sports zigacakirana mu mukino w’abakeba,

Icyemezo cyafashwe, Ole Gunnar Solskjaer yirukanwe ku kazi ko gutoza Manchester United

Manchester United yirukukana uwari umutoza wayo Ole Gunnar Solskjaer nyuma y’uko iyi

Perezida Kagame yishimiye kongera kwitabira siporo rusange bizwi nka Car Free Day

Perezida Paul Kagame, kuri iki Cyumweru tariki 21 Ugushyingo 2021 yitabiriye siporo

Umutoza wa AS Kigali avuga kuri Seif ati “Ni nde udakosa? Hari abakora ibirenze ibyo yakoze”

Umutoza wa AS Kigali, Eric Nshimiyimana avuga ko nyuma yo kumenya ko

Ihagarikwa rya Stade Umuganda rikomeje guteza impaka hagati ya FERWAFA n’amakipe y’i Rubavu

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamenyesheje amakipe ya Rutsiro FC, Etincelles

FERWAFA yasubije APR FC ko umukino wayo na Rayon Sports utazasubikwa

Ikipe ya APR FC yakiriye ibaruwa iyisaba kwitegura imikino ifite harimo n'uwa

Sam Karenzi wasezeye muri Bugesera Fc yatangaje ko atari ku “Isoko ry’akazi” mu makipe avugwamo

Umunyamabanga Mukuru wa Bugesera FC akaba n’umunyamakuru w’imikino mu Rwanda, Sam Karenzi