Imikino

CAN 2021: Cameroon yatangiranye intsinzi, Ethiopia itangira itakaza kuri Cape Verde-AMAFOTO

Amaso y’abakunzi b’umupira w’amaguru muri Afurika n’Isi muri rusange yose yari ahanzwe

Shampiyona izakinwa amakipe adasabwa kuba mu mwiherero

Minisiteri ya Siporo yakomoreye imyitozo n’amarushanwa ategurwa n’ingaga za siporo, amakipe akina

Uyu munsi Guinea itashye iseka nyuma yo gutsinda Amavubi 2-0

Wari umukino wa kabiri wa gicuti u Rwanda rwakinnye na Guinea yitegura

FERWAFA yabonye Umunyamabanga Mukuru mushya

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryabonye Umunyamabanga Mukuru mushya ari we

Naby Keïta yakoze imyitozo, uyu munsi arakinira Guinea ihura n’Amavubi

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Guinea usanzwe akinira Liverpool yo mu Bwongereza, Naby

KNC yatangaje ko bandikira FERWAFA bamenyesha ko Gasogi ivuye muri Shampiyona

Perezida wa Gasogi United ikina icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda,

Rayon Sports yanditse imenyesha FERWAFA ko itazakina Shampiyona

Umuvugizi wa Rayon Sports yavuze ko bubaha ibyemezo by'inzego zireberera Sport ariko

FERWAFA yasabye amakipe ibidashoboka, bamwe basaba ko Shampiyona ihagarara

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryakoranye inama n’abayobozi b’amakipe ribasaba ko

FERWAFA n’abayobozi b’amakipe baraganira ku isubukura rya Shampiyona

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’  ryatumije abayobozi b’amakipe mu nama igomba

Bitunguranye Amavubi atsinze ibitego 3-0 Guinea

Ikipe y’u Rwanda yatsinze umukino wa mbere wa gicutiyakinnyemo na Guinea iri

Rutahizamu wa PSG Lionel Messi yasanzwemo Covid-19

Umunya-Argentine akaba na rutahizamu wa Paris St Germain yo mu Bufaransa, Lionel

Umukinnyi wa Liverpool, Naby Keïta ategerejwe i Kigali

Capitaine w’ikipe y’igihugu ya Guinée, Naby Laye Keïta nyuma yo gukina umukino

Sadate ntiyemeranya n’icyemezo cyo guhagarika Shampiyona mu gihe Utubari two dukora

Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate avuga ko icyemezo Minisiteri

COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru n’andi marushanwa byahagaritswe

Minisiteri ya Siporo yashyizeho amabwiriza mashya agenga ibikorwa bya siporo maze imyitozo

“Nta kindi nagusabiye usibye umuvumo ku Mana” KNC agaruka ku musifuzi Barthazal ashinja ubugome

Perezida w’ikipe ya Gasogi United Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC yanenze