Imikino

Eric Nshimiyimana yakoresha amagambo akomeye yiyama Itangazamakuru rivuga umusaruro we muke

Umutoza wa AS Kigali,  Eric Nshimiyimana  avuga ko ikibazo ari Abanyamakuru, nyuma

Jimmy Mulisa akomeje gushakisha impano mu bana bato, ku Gitikinyoni yahabonye 5 beza

Biciye muri Umuri Foundation ya Jimmy Mulisa no mu mushingwa wiswe “

APR FC yatsinze Bugesera FC mu gihe AS Kigali byayisabye iminota 112 kugira ngo yishyure

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu ‘‘APR FC’’ yatsinze Bugesera FC 2-1, mu gihe As

Uhagarariye UNDP mu Rwanda yashimiye Perezida Kagame barebanye umukino wa Arsenal

Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa Arsenal FC

EXCLUSIVE: Umutoza Kayiranga Baptiste yavuze impamvu yareze Rayon Sports

Mu kiganiro kihariye umutoza Kayiranga Baptiste wakiniye akanatoza Rayon Sports, yabwiye Umuseke

APR Fc yanyomoje ibyavuzwe kuri Byiringiro Lague, yihaniza abatangaza “ibihuha”

Ubuyobozi bw’ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC bwamaganye amakuru yantangajwe na Radio-10 ku

Kiyovu Sports yasobanuye iby’ibibazo bivugwa muri iyi kipe

Ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports buvuga ko ibivugwa ko muri iyi kipe

Umuyobozi wa Siporo wari unashinzwe amakipe y’igihugu yanditse asezera

Uwari Umuyobozi wa Siporo w'agateganyo ashinzwe n'amakipe y'Igihugu, muri Minisiteri ya Siporo

BEKENI uzwiho gutebya ashobora kusubira kwicara ku ntebe y’umutoza wa ETINCELLES FC

Ikipe ya Etincelles FC iherutse gutandukana umutoza Habimana Sosthène, ubuyobozi bwa bwaciye

Rayon Sports ihagaritse Masudi Djuma wari umutoza ibintu bitaradogera

Irambona Masudi Djuma wari umutoza wa Rayon Sports, yahagaritwe nyuma y’umusaruro mubi

Umutoza Haringingo yavuze ko Okwi na Mutyaba nta kibazo cy’amafaranga bafitanye na Kiyovu SC

Umutoza wa Kiyovu Sports, Haringingo Francis yemeza ko abakinnyi babiri bakomoka muri

APR FC yagarukiye ku muryango mu matsinda ya CAF Confederation Cup isezerewe na RS Berkane

Igitego kimwe rukumbi cya Byiringiro Lague ntikibashije kugeza APR FC mu matsinda

Kiyovu Sports yihanangirije Rayon Sports iyitsinda ku nshuro ya kabiri

Kuri iki Cyumweru mu mukino w’ishiraniro w’abakeba uhuza Rayon Sports na Kiyovu

Umutoza yishimiye igitego cyabonetse ku munota wa nyuma arapfa

Kuri uyu wa kane, Umutoza w’ikipe ya El Magd mu cyiciro cya

APR FC yerekeje muri Maroc n’indege yihariye

APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Maroc gukina umukino wo kwishyura