Imikino

Umunyamahirwe azegukana imodoka muri FIFA Series 2026

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bwatangaje ko mu bazitabira imikino y’irushanwa rya FIFA Series 2026 rizabera i Kigali…

Abayovu ntibemeranya n’Umujyi wa Kigali ku cyemezo cyo kuvanga Kiyovu n’izindi

Umuvugizi w’ikipe ya Kiyovu Sports akaba n’umuyobozi w’abafana n’abakunzi ba Kiyovu Sports, Minani Hemedi, yamaganye icyifuzo cy’Umujyi wa Kigali cyo…

Perezida Kagame na Madamu we bitabiriye isozwa rya ‘ATP Challenger’

Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umukino wa nyuma w’irushanwa rya Tennis ryitwa ‘ATP Challenger 100’, warangiye…

Al-Hilal SC yahaye ubwasisi abakunzi ba ruhago

Nyuma yo kunganya na RS Berkane igitego 1-1 mu mukino ubanza wa ¼ muri CAF Champions League wabereye muri Maroc,…

APR FC yafashe umwanya wa mbere

Nyuma yo gutsinda Musanze FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 24 muri Shampiyona y’u Rwanda, ikipe y’Ingabo yongeye gufata…

FERWAFA yahaye akazi Haruna Niyonzima

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryahaye akazi Haruna Niyonzima nk’umwe mu batoza bashinzwe gukurikirana impano z’abato mu marushanwa y’abato…

- Advertisement -
Ad image