Byiringiro Lague ashobora gusubira muri APR
Nyuma yo gutandukana na Sandvikens IF yo mu Cyiciro cya Kabiri muri…
Kiyovu Sports yatangiye kuzirikana abayikiniye
Nyuma y'imyaka myinshi atumvikana muri ruhago y'u Rwanda, Nshizirungu Hubert wanyemekanye ku…
Lomami Marcel yemejwe nk’umutoza wa Kiyovu Sports
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwemeje ko Lomami Marcel ari we mutoza mukuru…
AJSPOR yabonye intsinzi ya mbere ya 2025 – AMAFOTO
Ikipe y’umupira w’amaguru y’Abanyamakuru b’Imikino mu Rwanda (AJSPOR FC), yatsinze iy’Abanyarwanda batuye…
Rayon Sports yashinje Madjaliwa kujya mu bapfumu
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée, yatangaje ko bamenye amakuru y’uko Aruna…
Sandvikens IF yatandukanye na Byiringiro Lague
Ikipe ya Sandvikens IF yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Suède, yatangaje…
Umunyarwanda ukina mu Budage yasangiye n’abana mu gusoza 2024 – AMAFOTO
Nsengiyaremye Sylvestre ’Kamoso’ ukina mu Cyiciro cya Gatanu mu Budage, yafashije abana…
Kamoso ukina mu Budage yasobanuye inzira yahamugejeje
Umunyarwanda, Nsengiyaremye Sylvestre ’Kamoso’ ukina mu Cyiciro cya Gatanu mu Budage, yahishuye…
AJSPOR FC yasoje 2024 mu buryohe – AMAFOTO
Ikipe y'umupira w'amaguru y'abanyamakuru b'imikino mu Rwanda, AJSPOR FC, yasoje umwaka wa…
Shampiyona ya Tanzania yahagaze
Bitewe n’irushanwa rya Mapinduzi ririmo ikipe y’Igihugu ya Tanzania, shampiyona y’Icyiciro cya…
Ese abayobozi ba Police ni abere mu bihe irimo?
Nyuma y'uko ikipe ya Police FC ikomeje gukora impinduka mu gice cy'abatoza…
Umutoza w’Amavubi yasoje amasezerano! Harakurikiraho iki?
Nyuma y'uko amasezerano y'umutoza mukuru w'ikipe y'Igihugu, Amavubi, Torsten Frank Spittler, arangiye,…
Amavubi, ingimbi n’Amavubi y’Abagore zigiye kubona abatoza bahoraho
Ubuyobozi bw'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, bwatangaje ko muri uyu mwaka…
Buteera yashyize umucyo ku kurogwa no gusara byamuvuzweho
Nyuma yo kuba nta kazi afite ubu, Buteera Andrew wakiniye amakipe arimo…
Umwaka w’umukara ku Bayovu, ihinduka ry’ubuyobozi muri APR na Rayon! Ibyaranze 2024
Bimwe mu byaranze umwaka wa 2024 mu mikino mu Rwanda, harimo impinduka…