Imyidagaduro

Oda Paccy na Alyn Sano bari mu bahembwe muri Karisimbi Awards – AMAFOTO

Karisimbi Events yatanze ibihembo ku bakora mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda bitwaye

Umunyamakuru Abdul Nyirimana yarongoye inkumi y’ikizubazuba- AMAFOTO

Umunyamakuru wa Radio/TV Izuba Abdul Nyirimana yakoze ubukwe na Uwamariya Francine Fadia

Urakizwa ugakomeza kuba ‘Cool’! Mbonyi yakebuye abapimira agakiza ku myambarire

Umuramyi Israel Mbonyi waraye ukoze igitaramo cy’amateka muri BK Arena, akanahembura imitima

Israel Mbonyi yahembuye benshi mu gitaramo cy’akataraboneka – AMAFOTO

Umuramyi Israel Mbonyi yasigiye ibyishimo ibihumbi by’abitabiriye igitaramo gikomeye yakoreye muri BK

BTN TV yahembye uwahize abandi gusubiza mu kiganiro “Ninde urusha undi”

Televiziyo nyarwanda ya BTN (Big Television Network) yahembye ku nshuro ya kane

Chryso Ndasingwa yanyuze abitabiriye igitaramo cyibinjiza muri Noheli – AMAFOTO

Abakirisitu n’abandi bakunda indirimbo zihimbaza Imana batahanye umunezero mu gitaramo cyinjiza abantu

Ibyahishwe kuri kidobya zatumye Diamond ataza guceza i Kigali

Igitaramo umuhanzi Diamond Platnumz yari afite i Kigali, cyasubitswe by’igitaraganya nyuma y’uko

Ibirori byo gutanga ibihembo bya ‘Karisimbi Ent Awards’ byimuwe

Ubuyobozi bwa bwa Karisimbi Events bwatangaje ko ibirori byo gutanga ibihembo bya

Umunyamakuru Abayezu Assumpta yarongowe -AMAFOTO

Umunyamakuru ubimazemo igihe, Abayezu Marie Assumpta, w’Ikigo cy’Itangazamakuru,RBA, yasezeranye imbere y’amategeko na

Clement n’umuryango we ntibateganya gutura muri Amerika

Inzu ifasha abahanzi ikanatunganya indirimbo ya Kina Music yafunguye ishami muri Leta

Apôtre Dr Gitwaza yateguye umugoroba udasanzwe wo gushima Imana

Itorero Zion temple Celebration Center, ZTCC riyobowe n’Intumwa y’Imana, Dr Paul Gitwaza,rigiye kwinjiza

Bwiza utamaze igihe mu muziki agiye gutaramira i Burayi

Bwiza uri mu bahanzikazi basoje umwaka wa 2022 ahagaze neza mu muziki

Abarimo Olivis, Tizzo na Jox Parker bazaca impaka mu irushanwa ryo kubyina

Abahanzi bakanyujije mu kubyina barimo Olivis na Tizzo bo mu itsinda rya

Cyera kabaye, Mbonyi agiye gutaramira i Bujumbura!

Nyuma y’uko ibitaramo bye byagiye bizamo kidobya mu gihugu cy'u Burundi, umuhanzi

Shaddy Boo yateguye ijoro ry’igitaramo cyo gusabana na Diamond mu Kabari

Shaddy Boo wagiye avugwa mu rukundo n’umuhanzi Diamond Platnumz yateguye igitaramo cyo