Imyidagaduro

Sandra Teta yerekanye ko agifite ku mutima Prince Kid uri muri gereza

Teta Sandra wakundanye na Prince Kid kakahava ndetse bagakorana muri Rwanda Inspiration

Rubavu: Pacifica agiye kumurika album ya kabiri mu gitaramo gikomeye

Tariki ya 12 Ugushyingo 2022, kuri Erica Pub i Nyakabungo mu Mujyi

Umunyamakuru yasohoye igisigo “umunsi nzapfa” cyakangaranyije benshi- VIDEO

Umunyamakuru Nkuyemuruge Yves uzwi nka Gacamigani yinjiye mu nganzo y’ubusizi, aserukana igisigo

Umunyamakuru wasabye Minisitiri agacupa yanyomoje ibyo kwirukanwa muri RBA

Umunyamakakuru Musangamfura Lorenzo Christian yanyomoje amakuru yo kwirukanwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru nyuma

Léandre Niyomugabo yinjiye mu kureberera inyungu z’abahanzi

Umunyamakuru w’imyidagaduro Léandre Trésor Niyomugabo yatangiye ibikorwa byo kureberera inyungu z’abahanzi, aho

Kina Music yaguriye ibikorwa muri Amerika

Inzu itunganya umuziki ya Kina Music yaguriye ibikorwa byayo mur Leta Zunze

Radio Imanzi yizihije isabukuru y’umwaka imaze ivutse

Radio Imanzi ikorera mu Mujyi wa Kigali, ivugira ku murongo wa 105.1

Davido ari mu gahinda ko gupfusha imfura ye

Umuhanzi rurangiranwa wo muri Nigeria, Davido ari mu gahinda gakomeye nyuma yo

Akanyamuneza kuri Chriss Eazy wegukanye ibihembo muri Kiss Summer Awards

Umuhanzi Chris Eazy yashimye Imana nyuma yo kwegukana ibihembo bitegurwa na Radio

Umuramyi Patient Bizimana agiye gutura muri Amerika

Umuhanzi nyarwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana yimukiye

Kicukiro: Hateguwe igiterane kigamije kurwanya ibiyobyabwenge n’izindi ngeso mbi

Ubuyobozi bw'Itorero rya ADEPR Karambo mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka

Maitre Potien yakoze indirimbo yo kurwanya agahinda gakabije -Yumve

Iyo umuntu agize agahinda, bisaba ko abantu bamuba hafi, kuko iyo bikabije

Chorale yashinzwe n’abakozi ba EAR Diyosezi ya Byumba imaze imyaka 25

Chorale Integuza yashinzwe na bamwe mu bahoze ari abakozi ba EAR Diyosezi

Marina agiye gutaramira abatuye i Rubavu

Umuhanzikazi Marina Deborah ubarizwa muri ‘Label’ ya The Mane agiye gukorera igitaramo

Rubavu: Inzozi ni zose kuri Alpha Tiger winjiranye imbaduko muri muzika

Ntivuguruzwa Alphonse uvuka mu karere ka Rubavu yinjiranye ibakwe mu muziki nyarwanda