Indirimbo 10 zikunzwe mu Cyumweru cya mbere cya Gicurasi 2021
Iterambere ry'umuziki risaba guhuza imbaraga no gushyigikirana nta kuba nyamwigendaho ndetse no…
Umuhanzi CapsLock yikomye Chris Kai washishuye indirimbo ye ‘Irembo’
Iminsi ntiraba myinshi benshi mu bakurikira umuziki mu Rwanda bumvise ubuhanga bw'umuhanzi…
Bruce Melodie yatangiye akazi ko kwamamaza Kigali Arena, na we fitemo inyungu
Mu mashusho yashyize ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’ umunsi umwe asinye amasezerano…
Bruce Melodie yasinyanye na Kigali Arena amasezerano ya Miliyoni 150Frw
Inzu y’imyidagaduro ya Kigali Arena kuri uyu munsi yasinyishije umuhanzi Bruce Melodie…
Isonga Family igizwe n’abakobwa 3 bavukana binjiranye mu muziki indirimbo ‘Umupangayi’
Itsinda ryitwa ‘Isonga Family’ rigizwe n’abakobwa batatu bavukana bakomoka mu Karere ka…
Umuhanzikazi Clarisse Karasira na Ifashabayo Dejoie basezeranye kubana akaramata
Umuhango wabereye mu rusengero rwa Christian Life Assembly i Nyarutarama ku wa…
Sergio Martin yashyize hanze indirimbo ivuga ku nkuru y’urukundo rw’umuryango ukennye
Umuhanzi Rukundo Serge uzwi mu muziki nka Sergio Martin yasohoye amashusho y'indirimbo…
Marina yagaragaje ibaruwa ndende yanditse asezera inzu y’imyidagaduro ya The Mane
The Mane Music Label ikomeje kubura abahanzi, Marina na we yanditse ibaruwa…
Davis D na bagenzi be bashinjwa gusambanya umwana baritaba Ubushinjacyaha
Abahanzi Icyishaka David uzwi nka Davis D, Ngabo Richard uzwi nka Kevin…
Biggy Shalom na bagenzi be bakoze indirimbo yitsa ku mbaraga z’Imana
Biggy Shalom, Patrick Niyi bafatanyije n'umuramyikazi witwa Adelphine bakoze indirimbo nshya bavugamo…
Green P uri i Dubai aritegura gusanga THE BEN muri USA
Umuraperi Nyarwanda Rukundo Elie uzwi nka Green P ari i DUBAI muri…
Queen Cha yiyongereye ku bandi bahanzi basezeye muri The Mane yabafashaga mu buhanzi bwabo
Umuhanzikazi Yvonne Mugemana wamenyekanye nka Queen Cha na Gahunzire Aristide wari umujyanama…
TMC-Indatwa yasohoye indirimbo ya mbere yakozwe na Lick Lick
Mujyanama Claude uzwi nka TMC nyuma y’isenyuka rya Dream Boys yashyize hanze…
Kitoko, Shizzo na Supersexy bazahurira mu gitaramo cyateguwe na Bad Rama muri Amerika
Umushoramari muri Muzika Nyarwanda Mupenda Ramadhan uzwi nka Bad Ram yateguye igitaramo…
“New Tros” yasohoye indirimbo nshya isubizamo abantu ibyiringiro
Itsinda rizamukanye imbaduko mu njyana ya Hip Hop, "New Tros" ryasohoye indirimbo…