Inkuru Nyamukuru

Uwatanze amakuru y’umucuruzi wimanye fagitire ya EBM azajya ashimirwa

Ikigo cy'Imisoro n'Amahoro (RRA) cyatangaje ko kigiye kijya giha ishimwe umuguzi wahawe

Congo: Mwangachuchu wakatiwe kwicwa ararembye

Umunyemari Edouard Mwangachuchu wahoze ari umudepite muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Abatanga amasoko ya Leta basabwe guhashya ruswa iyavugwamo

Abibumbiye mu rugaga rw'impuguke mu gutanga amasoko ya leta bo mu bigo

Gicumbi: Yasize umwana mu nzu agarutse asanga yaheze umwuka

Mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Kageyo, umubyeyi yasize umwana w'imyaka

Muhanga: Umukozi wa REG yishwe n’amashanyarazi

Kanakuze Alexis wakoreraga Ikigo Gishinzwe Ingufu(REG) Ishami rya Muhanga mu ijoro ryo

Hakuzimana yabwiye urukiko ko umuyobozi wa gereza yamaze kumukatira

Hakuzimana Abdoul Rachid wamenyekanye kuri YouTube yabwiye abacamanza ko umuyobozi wa gereza

Ruhango: Hari abaturage batagisaba gusindagizwa na Leta

Bamwe mu batuye mu mu Kagari ka Nyakabuye Umurenge wa Byimana, mu

Abimukira 60 bapfiriye mu nyanja ya Méditerranée

Abimukira 60 bashakaga kujya ku mugabane w'i Burayi banyuze mu nyanja ya

 Kenya yasubitse ibyo kohereza abapolisi muri Haiti

Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko gahunda y’igihugu cye yo kohereza

Ambassadors of Christ yabujijwe kuririmba mu gitaramo cya Pasika

Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi ryatangaje ko Ambassadors of Christ itazaririmba mu

Uganda: Abanyeshuri bibasiwe n’indwara idasanzwe y’amaso

Abategetsi mu murwa mukuru wa Kampala muri Uganda, batangaje ko bahangayikishijwe n'indwara

Burundi: Amayobera ku rupfu rw’umu Jenerali wari igishyitsi mu butegetsi

Lieutenant Général de Police Godefroid Bizimana wari uzwi nka 'Verema' nyuma y'igihe

Rusizi: Mu rugo rwa Mudugudu hagaragaye  inzoka y’amayobera

Ishashi irimo inzoka ihambiriye ku mbeba byose bikiri bizima,byagaragaye mu rugo rw'umukuru

Perezida Kagame yakiriye intumwa za Samia Suluhu

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 13 Werurwe 2024, yakiriye January Yussuf

Abamamyi 105 bahaniwe kugura umusaruro w’ibigori mu buryo butemewe

Minisiteri y'Ubucuruzi n'Inganda, MINICOM, yatangaje ko yafatiye ibihano abagura imyaka y'abaturage nta